Nta gihindutse, Perezida w’Uburusiya Vladmir Putin arateganya kuzahura na mugenzi we wa Amerika Donald Trump mu Cyumweru gitaha, bakazaganira ku ngingo zirimo no guhagarika intambara ya Ukraine imaze ...
Minisiteri y’ubuzima ikunze kubwira abaturage ko kimwe mu byugarije ubuzima bw’abatuye imijyi y’u Rwanda ari uko badakora imyitozo ihagije bigatuma ibyago by’uko barwara indwara zitandura byiyongera. ...
Ibiro by’Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga ubyitegereje ukabigereranya n’Ibiro by’Uturere dutandukanye harimo n’Ibiro bya Kicukiro( Akarere ka mbere gakize mu Rwanda), usanga ari byiza cyane....
I Mbuya niho hatangirijwe igikorwa cyo kubaka Minisiteri nshya y’ingabo za Uganda. Umugaba mukuru wazo General Muhoozi Kainerugaba niwe watangije ibyo bikorwa. Muri aka gace n’ubundi niho hari hasanzw...
Gitifu w’Akagari ka Remera mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga aratabarizwa n’abaturage be kuko ibiro akoreramo bivirwa. Bavuga ko kuba ibiro bye bivirwa nabo bibabangamiye kuko iyo bagiye ku...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rulindo butangaza ko Ibiro byako bigiye kwimuka bikava mu Murenge wa Bushoki bikajyanwa mu Murenge wa Ngoma. Umuyobozi w’Akarere ka Rulindo, Mukanyirigira Judith yabwiye RBA ko...
Mu byumba bya Sainte Famille byakorerwagamo akazi k’Ibiro haraye hadutse inkongi. Ikinyamakuru Kinyamateka kivuga ko ibyo byumba bisanzwe biherereye ahareba kuri Parikingi yo ku gice cyo hepfo cya Sa...
Hashize hafi umwaka Inama Njyanama y’Akarere ka Ruhango ifashe icyemezo cyo gutiza umushoramari inyubako za Leta, uyu akaba agiye kuhatangiza Ishuri rikuru ry’Ubukerarugendo. Mu nyubako yatijwe harimo...
Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda byatangaje ko iby’uko ingabo z’u Rwanda ziri gutegura igitero muri DRC ari ibinyoma byatangajwe n’igisirikare cy’iki gihugu. Byaboneye ho kwibutsa DRC ko ub...
Inzego z’iperereza za Amerika zatangaje ko hari ifu y’umweru abashinzwe umutekano basanze imbere y’Ibiro Perezida w’Amerika akoreramo, bayipimye basanga ni cocaine. Bayisanze mu gice kigenewe abaza gu...









