Biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya asura Koreya ya Ruguru ku nshuro ya mbere mu myaka 24 ishize. Putin yaherukaga gusura Koreya ya ruguru mu mwaka wa 2000. Umubano ...
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa, FAO, witwa Coumba Dieng Sow ashima imikoranire y’iri shami na Guverinoma y’u Rwanda mu rugamba rwo kwihaza mu biribwa. Avuga ko yizeye ko...
Ibarurishamibare ryerekana ko Abanyarwanda bagera kuri miliyoni 13 zirenga, kandi benshi muri bo ni urubyiruko. Benshi batuye mu Ntara y’Uburasirazuba kuko yonyiye ituwe na 20%. Dr Télésphore Ndabamen...
Amakamyo 20 yari amaze iminsi ategeje kwemererwa kuva mu Misiri ngo ashyire imfashanyo abahunze Palestine yatangiye kugera yo. Ni igikorwa kizacungwa n’Umuryango w’Abibumbye wita ku mpunzi. Ku rundi r...
Perezida Paul Kagame yahorereje abaturage ba Palestine bahunze Gaza inkunga igizwe n’ibiribwa, imiti n’amazi. Ni inkunga yo kubagoboka mu bibazo barimo nyuma yo guhunga ibitero by’indege za Israel zi...
Ubuyobozi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi n’ishami ryawo ryita ku biribwa( WFP) bwamenyesheje Guverinoma y’u Rwanda ko hari inkunga zahabwaga impunzi ziba mu Rwanda zigiye guhagarik...
Hari abahinzi bo mu Karere ka Muhanga babwiye itangazamakuru ko bahinze bakarumbya, ubu bakaba bashonje. Ibi ariko Meya w’aka Karere witwa Jacqueline Kayitare avuga ko bitakwitwa inzara ahubwo ari ...
Umwe mu bakobwa bitabiriye Ihuriro ry’Urubyiruko rya Youth Connekt ya 10 iheruka, yabwiye Taarifa uko amafunguro bagaburiwe yari ateye. Avuga ko mu gitondo bafashe ibiribwa bizima, umuntu wese usanzwe...
Ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti, Rwanda FDA, cyatangaje ko gikuye ku isoko puderi(powder) yitwa Johnson’s baby powder. Iki cyemezo gifashwe nyuma y’uko uruganda rukora iyi puderi rwi...
Byavugiwe mu muhango wo guhemba abakora mu ruhererekane nyongeragaciro rw’ibiribwa no mu mahoteli nyuma y’isuzuma ry’imikorere yayo. Bahawe ibyemezo bishimangira ko ibyo bakora byujuje amabwiriza y’ub...









