Imirimo yo kubaka ibiraro byangijwe n’amazi ava mu birunga igeze ku kigero kiri hejuru ya 90%. Ibi biraro biri mu Mirenge ya Nkotsi na Shingiro mu Karere ka Musanze. Ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze bu...
Ba rwiyemezamirimo bo muri Roumania baje kubwira abo mu Rwanda ibyo bateyemo imbere bijyanye no kubaka ibikorwaremezo bikomeye, kandi birengera ibidukikije uko bishooka. Ni ikiganiro kiba kigamije gu...

