Si M23 gusa iri gushyira igitutu ku butegetsi bwa Felix Tshisekedi ikoresheje imbunda, ahubwo hari n’igitutu cya ba Guverineri n’Abadepite basaba guhembwa ibirarane by’umushara by’amezi atandatu. Ni i...
Imwe mu ngingo zaganiriwe ho kandi zigafatirwaho umwanzuro ni uko amadeni abamotari bari bafitiye Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro yavanyweho. Uyu mwanzuro wafatiye mu Nama yaguye yahuje Abamotar...
Raporo igaragaza ibikorwa by’Urwego rw’Ubucamanza mu 2020/2021 yerekana ko ibirarane by’imanza byazamutseho 47% ugereranije n’umwaka wabanje, ndetse igihe urubanza rumara rutegereje kuburanishwa kiger...


