Mu gihe cy’iminsi 15, Ikigo cy’igihugu kibungabunga ibidukikije, REMA, kimaze gusuzuma ubuziranenge bw’ibyuka biva mu binyabiziga 1000 kandi uwo murimo urakomeje. Intego ni ugukangurira abantu g...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga yasubije uwari umubajije impamvu uruhushya rwo gutwara imodoka rugira igihe cyo gusaza kandi impamyabumenyi isanzwe itajya isaza, asubiza ko biter...
Ikigo kitwa Ewaka n’ikindi kitwa AC Group basinyanye amasezerano akubiyemo ko mu gihe kitarambiranye ikigo Ewaka kizaba cyazanye amagare akoresha amashanyarazi mu Rwanda. Hari na gahunda y’uko bazazan...
Ubuyobozi bukuru bwa Polisi y’u Rwanda bwatangaje ko hirya no hino mu gihugu hafunguwe ahantu 16 abashaka gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga bazajya babikorera. Ntibazongera gutegereza igihe ...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP John Bosco Kabera yaburiye abinubira ko kamera (camera) zifata abarengeje umuvuduko zabaye nyinshi ku mihanda, avuga ko hakiri kare cyane kuko hazakomeza gushyirwaho ...
Mu Ugushyingo Polisi y’u Rwanda yatashye ibigo bitatu bishya bizafasha mu gusuzuma ibinyabiziga kugira ngo bikomeze akazi kabyo bitekanye. Kuri uyu wa Gatatu Polisi y’u Rwanda yasabye ababifite gutang...





