Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda, MINICOM, Kajangwe Antoine avuga ko kugira ngo ibyanya byose by’inganda biri mu Rwanda bikore neza hagomba kuboneka Miliyoni $130 ni ukuvu...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere, RDB, bwatashye ibikorwaremezo bigenewe abasura Pariki ya Nyungwe ikora ku Turere dutanu rw’Amajyepfo n’Uburengerazuba. Utwo ni Nyaruguru, Nyamagabe...
Minisitiri w’ibikorwaremezo Dr. Jimmy Gasore, ubwo yasobanuraga iby’impinduka ku biciro ku bikomoka kuri Petelori byaraye bitangajwe, yavuze ko impamvu bitangazwa buri mezi abiri ari uko ari cyo gihe ...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyaretse ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali uko cyasanze abawutuye babayeho. Nyuma yo kubibona babikubiye mucyo bise Ubushakashatsi ku Mibereho y’Ingo Icyic...
Kugira ngo abazahajwe n’ibiza babone ahantu hakwiye ho kwitabwaho, Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) yashyizeho ahantu hihariye (sites) izajya ibakirira. Byakozwe mu rwego rwo kuzabona...
Bamwe bashobora kuba batabizi, ariko burya Ubufaransa busa n’ubwakolonije Lebanon.Kuba Israel iri gusenya ibikorwaremezo by’iki gihugu mu ntambara iri kurwana na Hezbollah, ntibishimisha E...
Abubaka urugomero rwa Nyabarongo II ruri kubakwa aho uru ruzi rukora ku Karere ka Rulindo babwiye abayobozi ba Minisiteri y’ibikorwaremezo ko kubera impumvu runaka kurwuzuza bizaba mu mwaka wa 2027 ah...
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yaratiye abandi bayobozi ibigwi bya mugenzi we uyobora u Rwanda Paul Kagame bijyanye no kubaka ibikorwaremezo bya siporo nka BK Arena. Hari mu ijambo yabagejejeho...
Ikigega mpuzamahanga cy’imari gitangaza ko ibiganiro bigamije kuguriza Repubulika ya Demukarasi ya Congo biri mu nzira nziza. Ni umwenda wa Miliyari $1.5 iki gihugu kivuga ko uzagifasha gukomeza...
Kuba mu ngabo habamo ishami rishinzwe ibikorwaremezo kandi rikora no mu gihe cy’amahoro ni icyemezo cy’uko mu nshingano zazo harimo ni kubaka ibikorwa by’amajyambere rusange y’abaturage. RDF ifi...









