Perezida Kagame yagaragaje ko ashyigikiye ko igihe cyo gusubika kwishyura amadeni ku bihugu biri mu nzira y’amajyambere cyongererwa kugira ngo birusheho guhangana n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19. N...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yaraye ayoboye Inama y’Abaminisitiri y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba bagira ibyo banoza mu gutegura Inama y’Abakuru b’Ibihugu by’’u...
Perezida Paul Kagame yavuze ko ibihugu ‘bimwe’ bikomeje kugaragaza uburyarya mu kugura inkingo za COVID-19. Yavuze ko ibi bangamiye gahunda yashyizweho yogufasha ibihugu bikennye kubona inkingo ...
Umwaka wa 2020 uri mu yindi myinshi abanyamateka bazandikaho kuko wabayemo byinshi ariko cyane cyane kwibasira abantu mu byerekeye ubuzima kubera icyorezo cya COVID-19. Urebye muri Afurika usanga hari...
Mu buryo butunguranye, Perezida w’Afurika y’Epfo akaba ari nawe uyoboye Umuryango w’Afurika yunze ubumwe Cyril Matamela Ramaphosa yatangaje ko Inama yari buhuze Abayobozi bakuru bawo n’ab’Umuryango w’...




