Umaro Sissoco Embaló uyobora Guinea Bissau ari mu Rwanda ngo aganire na mugenzi we Paul Kagame ku byakorwa ngo umubano hagati y’ibihugu byombi ukomereze aho ugeze. Ibiro by’Umukuru w’igihugu, Village ...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa Louise Mushikiwabo yabwiye Televiziyo mpuzamahanga y’Abafaransa TV 5 Momdd ko atemera ko guhana ibihugu baherutse kwivana mu murya...
Abakuru b’ibihugu bigize SADC, binyuze mu nama bakoze mu buryo bw’ikoranabuhanga, biyemeje gukomeza gufasha Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu rugamba ihanganyemo na M23. Samia Suluhu Hassan, Perezi...
Perezida Kagame yabajije bagenzi be bagize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba niba aho ibintu bigeze mu Burasirazuba bwa Repubulika bitaratangiye buri wese abireba. Mu ijambo yabagejejeho mu buryo b...
Abakora muri za Kaminuza barimo abahigisha nbaganiriye n’impuguke za Kaminuza n’abandi bafite aho bahuriye no guhanga udushya kugira ngo babafashe kuzamura ubumenyi muri iyo mikorere. Kunoza ibintu (i...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko icyorezo cya Marburg cyadutse mu Rwanda kivuye mu ducurama ariko atavuze aho twari turi. Yabivugiye mu kiganiro n’itangazamakuru kitabiriwe n’Umuyobo...
Amateka ni ibyo muntu yakoze mu gihe cyahise, byanditswe ngo abantu bazabisome cyangwa abandi bazabyumvane ababibonye babibariremo inkuru. Muri make amateka ni imibereho ya muntu mu gihe cyahise n’ama...
Iminsi ibaye 40 kuva umwaka wa 2024 utangiye. Kuva icyo gihe kugeza ubu hari Abakuru b’ibihugu batatu n’umwami umwe bamaze gusura u Rwanda. Perezida wa Guinea Mamadi Doumbouya yasuye u Rwa...
Mu mpera z’Icyumweru gishize nibwo Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kirr yakiriye ububasha bwo kuyobora Umuryango w’ibihugu umunani bigize EAC. Mu mbwirwaruhame yagejeje kuri bagenzi be, yumvikanishije...
Abahanga bo mu bihugu bigize Umuhora wo hagati( Central Corridor) baherutse mu Burundi mu nama ibanziriza y’Abaminisitiri bashinzwe ibikorwa remezo. Baherutse kwigira hamwe uko inzira z’uyu muhora zak...








