U Rwanda rufite intego yo kubaka ‘ibigega byinshi’ byo kuzahunikamo ibigori kugira ngo rwizigamire ibinyampeke ruzitabaza mu gihe cy’amage. Hagati aho, Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda ivu...
Akarere ka Bugesera ni ko karere ka mbere mu Rwanda gafite ibiyaga byinshi ugereranyije n’utundi. Intara y’Uburasirazuba kandi niyo ya mbere ifite ibiyaga byinshi. N’ubwo ari uko bimeze, abatuye iki g...
Mu Kagari ka Nyabicwamba, Umurenge wa Gatsibo mu Karere ka Gatsibo haherutse kuzura uruganda rukora ibiryo by’amatungo magufi. Amatungo magufi ni imbata, inkoko, ihene, intama n’ingurube. Ibiryo by’ay...
Nyuma y’igihe gito ubwanikiro bw’ibigori byo mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Ndera, bugwiriye abaturage hagapfa abantu 10, mu Karere ka Ngoma n’aho hari ubundi bwagwiriye abaturage hakomereka abantu ...
Abatuye Umurenge wa Muko mu Karere ka Musanze bavuga ko hari bagenzi babo b’abahinzi bari baratabiye ibijumba mu kabande bataka igihombo kubera ko ubuyobozi bw’uyu murenge buherutse kubasaba kuyirandu...
Gahunda yiswe Fortified Whole Grain (FWG) y’ikigo Vanguard Economics igiye gutangira gutunganya ifu y’ibigori yujuje ubuziranenge kandi ikize ku ntungamubiri izajya ikoreshwa mu kugaburira abanyeshur...
Umunyarwandakazi uyobora Ikigo Nyafurika gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi, AGRA, Dr. Agnes Kalibata avuga ko intambwe Afurika igezeho mu kongerera agaciro ibikomoka ku buhinzi ishimishije. Yabivugiye ...
Muri Kenya haravugwa ikibazo cy’ibinyampeke bike k’uburyo abaturage miliyoni 12( benda kungana n’abatuye u Rwanda) badafite ibiribwa bihagije. Imibare yo mu mwaka wa 2020 yasohowe na Banki y’Isi ivuga...
Abahinga igishanga cya Cyonyongo nicya Gacuragiza bikora ku Mirenge ine y’Akarere ka Rulindo bishimira ko ubumenyi bahawe bwo guhinga kijyambere, byatumye badakomeza guhinga mu kajagari kandi basigaye...
Abahinga ibigori mu Karere ka Nyagatare bavuga ko bibabaje kuba uruganda rutunganya akawunga bari bakeneye kuva cyera rwaruzuye, ariko rukaba rugiye kumara imyaka ibiri rudakora. Ni uruganda rwubatswe...









