Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro kiri ku rutonde rw’ibigo bya Leta biyihombya. Ibyo bigo uko ari WASAC, REG, UR, RRA n’Akarere ka Karongi, bimaze guhombya Leta arenga Miliyari Frw 2. Iby’i...
Ikigo cy’igihugu cy’irangamuntu, NIDA, cyatangaje ko nta kigo na kimwe gikwiye kujya gisigarana irangamuntu y’umuturage ukigannnye kubera ko kugendana irangamuntu aho umuntu agiye hose ari ITEGEKO. I...
Kuri uyu wa Kane ikigo gitanga serivisi z’itumanaho na murandasi, MTN Rwanda, cyatangije uburyo bise MTN Unicall, bukaba ari uburyo buzafasha abafite ibigo bikunze guhamagarwa n’abakiliya benshi cyang...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avuga ko Polisi y’u Rwanda ari yo ishinzwe gukurikirana imikorere y’ibigo by’abikorera bicunga umutekano, ikareba niba iby...
Mu mwaka wa 2011, abasore n’inkumi 13 barihuje batekereza uko bafasha bagenzi babo babuze igishoro kukibona bagatangira gukora nabo bakiteza imbere. Ni igitekerezo bavuga ko bagize nyuma yo kwibuka ko...
Nyuma y’uko ubutegetsi bwa Joe Biden butangaje ko ingabo z’Amerika zigomba kuva muri Afghanistan mu gihe gito kiri imbere, ibigo by’ubutasi by’Abanyaburayi n’Amerika byatangiye kwisuganya kugira ngo b...
Ibigo by’indege muri Africa byari bisanzwe bihagaze neza ndetse mu myaka 20 ishize byakoze neza kurushaho. Ikigo cy’Africa y’Epfo kitwa South African Airlines nicyo cyari imbere y’ibindi ariko ubu cya...






