Umujyi wa Kigali uvuga ko ibigo byahawe izi modoka ari umunani nyuma yo kuzuza ibisabwa. Ni Bisi zatanzwe kuri uyu wa Gatanu kugira ngo zongerere imbaraga izari zisanzwe zikorera muri uyu mujyi ariko ...
Nyuma yo kumva ibyo Transparency International yabonye mu isesengura yakoze kuri raporo y’Umugenzuzi mukuru w’Imari ya Leta, Umunyamabanga mukuru wungirije wa RIB witwa Consolée Kamarampaka yasabye ko...
Komiseri w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano w’ibikorwa remezo n’ibigo byigenga bicunga umutekano; Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera yasabye abafite ibigo byigenga bi...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amabwiriza ahamye yo gucukura amabuye y’agaciro hirindwa ko yibwa cyangwa se ko abantu bahasiga ubuzima, ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, mi...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, ruherutse gukora isuzuma ryaguye mu mashuri atandukanye rusanga agera kuri 54 adakwiye gukomeza gukora. Ni igenzura ryakozwe mu mw...
Dr. Uwera Claudine, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibidukikije yafatanyije n’abayobozi muri REMA, RSB n’ikigo gishinzwe kubungabunga amazi mu gusinya amaserano yo kubaka inzu z’ubushakashats...
Mu nama ya mbere yakoranye n’abayobozi b’ibigo byigenga bicungira abantu umutekano, Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yabasabye gukora uko bashoboye imibereho y’abakozi babo ikaba myiza. N...
Ibigo 30 byo mu Bushinwa byaraye bihuye na bamwe mu Banyarwanda bize muri kiriya gihugu kugira ngo harebwe niba bujuje ibisabwa ngo bibahe akazi. Abanyarwanda 300 bari baje kumva ibyo Abashinwa babasa...
Ubuyobozi bwa Banki ya Kiglai, BK Group, bwatangije ikigo bwise BK Foundation kigamije kongerera imbaraga gahunda za Leta mu burezi, guhanga udushya no kubungabunga ibidukikije. Umuyobozi Mukuru wa BK...
Kubera impamvu zitandukanye zishobora kuba zirimo n’ibibazo by’imari itifashe neza, ibigo 51 byakoreraga ubucuruzi mu Rwanda byasabye Urwego rw’igihugu rw’iterambere ko byakurwa ku rutonde rw’ibikorer...









