Abayobozi bakuru b’ibigo by’Imari N’Imigabane byo muri Afurika bazahurira mu Rwanda mu nama bazigiramo aho uru rwego rugeze ruteza imbere abarugannye. Ni Inama izaba Tariki 26, Ugush...
Antoine Anfré uhagarariye inyungu z’Ubufaransa mu Rwanda yavuze ko guhera mu mwaka wa 2021 kugeza ubu, umubano hagati ya Kigali na Paris ari nta makemwa. Yabivugiye mu ijambo yageneye abanyacyubahiro ...
Mu gihe byari bimaze iminsi byumvikana mu makipe akomeye muri shampiyona y’u Rwanda, iby’amarozi mu kibuga byavuzwe no mu mukino ihuza ibigo bya Leta y’u Rwanda. Urugero ni umukino waraye uhuje ikipe ...
Hari abacuruzi bavuga ko iyo ibicuruzwa bisabwe gucishwa mu bigo bitandukanye ngo bisuzimirwe ubuziranenge, bituma bitinda kwemererwa gushyirwa ku isoko, bigakerereza umucuruzi ndetse n’umuguzi bikamu...
Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’abahanzi ifatanyije na Imbuto Foundation igiye kubaka ibigo by’urubyiruko mu rwego rwo kuzamura impano zarwo. Ni ubufatanye bwiza kuko Umunyamabanga wa Le...
Abakora muri za Kaminuza barimo abahigisha nbaganiriye n’impuguke za Kaminuza n’abandi bafite aho bahuriye no guhanga udushya kugira ngo babafashe kuzamura ubumenyi muri iyo mikorere. Kunoza ibintu (i...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi yaraye isohoye raporo yise FinScope igaragaza uko Abanyarwanda bakoresha ikoranabuhanga mu kubika no kubikuza amafaranga. Ni raporo ikorwa buri myaka ine. Nubwo abens...
Mu kiganiro yahaye abitabiriye Inama y’iminsi ibiri yaraye itangiye mu Rwanda, Perezida Paul Kagame yavuze ko imikoranire hagati y’abikorera ku giti cyabo na Leta ishobora guteza imbere Afurika kuko k...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe gutsura ubuziranenge, Rwanda Standards Board, ku bufatanye n’Urwego rushinzwe kugenzura ishyirwamubikorwa ry’ihame ry’uburinganire, GMO, ndetse na UNDP baraye bahaye ibihem...
Komiseri ushinzwe kurinda ibikorwa remezo no kugenzura imikorere y’ibigo byigenga bicunga umutekano CP John Bosco Kabera yavuze ko bimwe muri ibi bigo bidakora kinyamwuga bigiye guhagurukirwa. Y...









