Umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa, DIGP Jeanne Chantal Ujeneza avuga ko abapolisi bari mu bantu ba mbere bakwiye kubazwa uko basohoza inshingano zabo kuko izo nshingano zireba umutekano ...
Abenshi mu basomyi ba Taarifa bazi inshuro imwe cyangwa nyinshi aho bitabiriye inama umuntu agatanga igitekerezo(cyiza) ariko kikaza kurambirana. Ibi biterwa no kwizimba mu magambo. Kwizimba mu magamb...
Abahagarariye impande zihanganye muri Sudani bari muri Arabie Saoudite mu biganiro bigamije guhagarika intambara igiye kumara ukwezi ihatangiye. Ni intambara ihuje abasirikare bayobowe na Gen Burhan n...
Mouvément du 23, Mars,( M23) yatangaje ko ishaka kugirana ibiganiro byihariye na Perezida Lorenco ndetse na Uhuru Kenyatta, ikabagezaho icyo itekereza ku myanzuro iyireba mu yiherutse gufatirwa i Luan...
Kimwe mu bintu Perezida Evariste Ndayishimiye yaganiriye na mugenzi we uyobora Uganda Yoweli Museveni ni ubufatanye mu bya gisirikare. Babiganiririye mu ruzinduko yamazemo iminsi itatu muri Uganda ubw...
Abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kutavuga rumwe ku mushinga watangijwe n’Urwego Ngenzuramikorere, RURA, uzasiga hashyizweho uburyo bwo kugenzura ubucuruzi bukorerwa mu ikoranabuhanga. Ukeneye ...





