Mu kiganiro yahaye itangazamakuru, Perezida Kagame yavuze ko yigeze guha ubuyobozi bwa DRC inama y’uko ibihugu byo mu Karere bifite imitwe ibihungabanyiriza umutekano byajyayo bigafatanya bikayirukana...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi, yaraye agiriye urugendo mu Burundi aganira na mugenzi we Evariste Ndayishimiye bagirana ibiganiro mu muhezo. Bidatinze, Ibiro ...
Kuri uyu wa Gatandatu i Luanda muri Angola habereye indi nama yahuje Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb Olivier Nduhungirehe na mugenzi we wa DRC witwa Thérese Kayikwamba Wagner. Basubiy...
CG Felix Namuhoranye uyobora Polisi y’u Rwanda yaganiriye na mugenzi we uyobora Polisi ya Seychelles witwa Commissioner of Police (CP)Ted Barbe. Barbe ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. ...
Kuri uyu wa Kane taliki 19, Nzeri, 2024 Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola Téte Antonio yagejeje kuri Perezida wa DRC Felix Tshisekedi inyandiko ikubiyemo uko ibiganiro biherutse guhuriza i Lu...
Amakuru Taarifa ifite avuga ko Guverinoma y’u Rwanda iri kuganira n’abayobozi b’ikigo gitegura isiganwa mpuzamahanga y’abatwara moto kitwa Formula One kugira ngo ruzaryakire ka...
Ku mpamvu zitarashyirwa ahagaragara mu itangazamakuru, Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi yasuye ubwami bwa Qatar. Yaganiriye n’umuyobozi w’iki gihugu Tamim Bin Hamad yamwa...
Nyuma y’amasaha atatu y’ibiganiro hagati ye na mugenzi we uyobora Angola, Perezida Felix Tshisekedi yaje kwemera guhura na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame bakaganira kubyo igihugu cye kimaze igihe gi...
Itangazo ryasohowe nyuma y’ibiganiro byahuje Perezida Kagame na mugenzi we wa Sudani y’Epfo Salva Kirr rivuga ko Abakuru b’ibihugu byombi bemeranyije ko kugira ngo amahoro arambye agaruke mu Karere k’...
Itangazamakuru ryo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo rivuga ko Amerika binyuze muri Antony Blinken iherutse kubwira Perezida wa Angola Joao Lourenço ngo azagire inama Tshisekedi yo kuganira na M...









