Massad Boulos ushinzwe kugira inama Donald Trump ku bibazo bya Afurika yasohoye itangazo rivuga ko ibiganiro k’ukugarura amahoro mu Burasirazuba bwa DRC bikomereje i Doha muri Qatar kandi ko bitanga i...
Kuri uyu wa Gatanu Tariki 25, Mata, 2025, bitaganyijwe ko Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb.Olivier Nduhungirehe na mugenzi we wa DRC Thérèse Kayikwamba Wagner bari businyire imbere ya M...
Abari bahagarariye M23 mu biganiro byateguraga ibindi bizaba mu mpera za Mata, 2025, baravugwaho kubivamo kubera impamvu z’uko hari ibyo batemeranyije kandi bikomeye. Bivugwa ko kuri uyu wa Kabiri tar...
Mu Murwa mukuru wa Qatar ari wo Doha hari bubere ibiganiro bihuza intumwa za M23 n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ariko byasubitswe kugeza ku itariki itatangajwe. Byari byateguwe mu ...
Nyuma y’igihe gito M23 ifashe Umujyi wa Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kuri uyu wa 22 Werurwe 2025, Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryanzuye kwimura ingabo zaryo zari ziri mu Mujyi wa Walikal...
Guverinoma ya Angola yatangaje ko tariki 18, Werurwe, 2025 ari bwo, ku mugaragaro, hazatangira ibiganiro hagati y’intumwa za Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’iza M23. Bizabera mu Murw...
I Riyadh muri Arabie Saoudite hatangiye ibiganiro biri mu bikomeye biri kuba ku isi bigamije guhagarika intambara y’Uburusiya na Ukraine. Ese ni bande bari ku meza y’ibiganiro? Ku ruhande rw’Uburusiya...
Ihuriro rya Politiki ryitwa Alliance Fleuve Congo rivuga ko uko ibintu byazagenda kose mu gihe kiri imbere, ari ngombwa ko ibiganiro bya Politiki-rigizemo uruhare rutaziguye- bizaba umuti urambye w...
Qatar igiye kongera gukora amateka yo guhuza abanzi gica ari bo Israel na Hamas nyuma yo kubafasha gushyiraho no gusinya amasezerano y’amahoro azatangira gushyirwa mu bikorwa ku Cyumweru tariki 19, Mu...
Abakora ububanyi n’amahanga ba Qatar, Amerika, Israel na Palestine bakomeje ibiganiro byo kureba uko abantu Hamas yafashe bunyago yabarekura, hanyuma ingabo za Israel nazo zigataha, intambara muri Gaz...








