Barabivuga ababyumvise bakagira ngo ni amashyengo y’abahanga mu by’ubuzima baba bashaka gukora raparo ngo birire amadolari. N’ubwo hari abantu bavuga ko iby’uko ibinyabuzima biri gushira ku isi, aband...
Hafi yo kwa Rubangura mu Mujyi wa Kigali hari kubakwa inzu ndende igeretse inshuro 19 izaba ari iya mbere mu kurengerera ibidukikije izaba yubatswe mu Rwanda ndetse no mu Karere ruherereyemo bitewe n...
Umuyobozi w’Umuryango mpuzamahanga urengera ibidukikije IUCN, Bruno Oberle yabwiye abitabiriye Inama ya nyuma mu zimaze iminsi zikorwa mu rwego rwo kwigira hamwe uko urusobe rw’ibinyabuzima rwabungwab...
Kuri uyu wa Mbere taliki 18, Nyakanga, 2022 i Nyandungu hafunguwe Pariki . Ni Icyanya gito kirimo inyamaswa ziciye bugufi ariko zifitiye abatuye umujyi wa Kigali akamaro. Harimo ibiti, ibyatsi, ibiyag...
Muri Arabie Saoudite hari urutare runini cyane bise Al Naslaa rusatuyemo kabiri nk’aho bakoresheje irati barukata. Igitangaje ni uko nta muntu wigeze arukata, bityo abahanga mu bumenyi bw’isi bakaba b...
Kuva amasezerano yo kugabanya ibyuka byoherezwa mu kirere yitiriwe Paris yasinywa, andi masezerano akomeye mu kurengera ibidukikije yaraye asinyiwe i Nairobi muri Kenya bigizwemo uruhare n’u Rwanda na...
I Nairobi muri Kenya hari kubera Inama mpuzamahanga y’Abayobozi b’ibigo na za Minisiteri zishinzwe kwita ku bidukikije igamije kwiga umushinga w’amasezerano azashyinywa mu rwego rwo kurinda ibinyabuzi...
Ubuyobozi bw’Ikigega mpuzamahanga gishinzwe kurengera inyamaswa kitwa Wildlife Fund For Nature bwarangaje ko Umunyarwandakazi Rosette Chantal Rugamba yatorewe kuba umwe mu bagize ubuyobozi bukuru bwa ...
Abigeze kuba mu cyaro bazi amoko y’inyoni zo mu Rwanda atandukanye. Izizwi cyane ni inuma, ifundi, intashya, umununi, sakabaka, icyiyoni, serukobokobo n’izindi. Ariko se ku isi hari inyoni zingahe? Ub...
Abantu muri rusange bibwira ko ari bo bayobozi b’ibindi biremwa kandi ko bagomba kubikoresha uko bashaka mu nyungu zabo bwite. Ibi ariko siko bimeze kuko hari amabwiriza yatenzwe n’Umuryan...









