Ikigo nyafurika kigisha imibare na siyansi( AIMS-Rwanda) ku bufatanye n’ikigo cy’Abongereza gishinzwe ibarurishamibare, REMA, RBC na MINEMA, bagiye gutangira gusuzuma ingaruka imihindagurikire y’ikire...
Abayobozi mu bigo bibiri bikora ku byerekeye kurengera ibinyabuzima baherutse guhura bemeranya k’ugushyira imbaraga mu kubungabunga urusore rwabyo muri Afurika. Ni inama yabereye i Kigali yasinyiwemo ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye Abakuru b’ibihugu bituriye uruzi rwa Congo ko u Rwanda rushyigikiye umuhati wabyo wo kubungabunga amazi yarwo. Hari mu nama yahagarariyemo Perezida Pau...
Umuyobozi w’ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kurengera ibidukikije Juliet Kabera avuga ko Leta iri gusuzuma uko amasahane n’ibikombe byacika mu mashuri. Kabera avuga ko amasahane n’ibikombe abana bariraho...
Abantu babiri bafatiwe mu Karere ka Gakenke bafite amasashi 37,600 bari bajyanye kugurisha kandi atemewe mu bucuruzi bwo mu Rwanda. Umwe mu bafashwe ni umusore ufite imyaka 24 y’amavuko, wari ufite a...
Mu gihe ubuhinzi ngangurarugo byarumbije nk’uko Minisiteri y’imari n’igenamigambi iherutse kubitangaza, ku rundi ruhande, raporo y’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kwita ku bidukikije ivuga k...
Ibihugu by’Afurika byatoye u Rwanda ngo ruyobore Ihuriro nyafurika ry’inzego zita ku bidukikije. Rwatorewe mu nama yahuje abayobozi b’ibi bigo bibumbiye mu cyo bise Environmental Protection Agen...
Abanyarwanda bakunda inturusu kuko ari igiti bakuze bazi kandi cyabagiriye akamaro kanini. N’ubwo ari uko bimeze, Minisiteri y’ibidukikije yo ivuga ko inturusu ari igiti kibi ku bindi bimera kubera ko...
Ku minsi we wa kabiri w’uruzinduko arimo mu Rwanda, Umuyobozi mukuru w’Ikigega mpuzamahanga cy’imari Kristalina Georgieva yaganiriye n’Abanyarwanda bafite imishinga irengera ibidukikije. Ibi biganiro ...
Imwe mu ngingo u Rwanda rwishimira mu zigize uruzinduko rw’Umuyobozi mukuru w’Ikigega mpuzamahanga cy’imari Kristalina Georgieva, ni uko yashimangiye ko iki kigega cyizaha u Rwanda Miliyoni $ 319 zo k...









