Mu gihe kiri imbere u Rwanda rugiye guhabwa miliyoni € 50 azatangwa n’Ikigega cy’Abataliyani gishinzwe kwita ku bidukikije kugira ngo azarufashe mu mishinga yarwo igamije iterambere ritangiza ibidukik...
Ni umuhigo watanzwe na Minisitiri w’ibidukikije Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya ubwo yatangizaga icyumweru cyo kwita ku bidukikije cyarabgirijwej muganda ngarukakwezi waraye uhuriweho n̵...
Mu nama iri kubera i Dubai muri Leta ziyunze z’Abarabu, Perezida Kagame yaganiriye mu bihe bitandukanye n’abandi bayobozi bakomeye barimo na Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak. Abandi bagan...
Umukuru w’u Rwanda yageze i Dubai mu nama mpuzamahanga yiga k’ukurengera ibidukikije yitwa COP 20. Ni inama iri butangire kuri uyu wa Gatanu ikaba izaganira aho politiki zo guteza imbere ibidukikije n...
Minisiteri y’Ibidukikije itangaza ko u Rwanda rugiye kumurikira isi imishinga iteza imbere ibidukikije rwashoyemo binyuze mu kigega FONERWA. Muri yo harimo imidugudu yubatswe mu mirenge ya Rubaya na K...
Ikigo cy’Abafaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga, Agence Française de Développement (AFD), cyahaye u Rwanda miliyoni €20 angana hafi miliyari Frw 26.3 yo kurufasha gukomeza gushyira mu bikorwa ga...
Abitabiriye Inama yari imaze iminsi itatu yiga uko hatezwa imbere ibikoresho byakwifashishwa mu gukonjesha ibiribwa, imiti ndetse n’inkingo muri Afurika bemeranyije Miliyari zirenga 25 Frw zo kuzubaka...
Iterambere ry’u Rwanda muri rusange ribanziriza mu Murwa mukuru warwo ari wo Kigali. N’ubwo ryaguka rikagera n’ahandi vuba kuko igihugu ari gito kandi kiyobowe neza, ibintu byose biranga iterambere ry...
Uwo ni umuhanga mu by’ubukungu ufite ubwenegihugu bw’Amerika ariko akaba akomoka muri Sierra Leone witwa Sahr Kpundeh. Imirimo ye yayitangiye mu buryo budasubirwaho taliki 01, Nzeri, 2023 asimbuye Rol...
Abagenzacyaha bari mu Murenge wa Matyazo mu Karere ka Ngororero mu bukangurambaga bwo kubwira abahatuye by’umwihariko n’abandi Banyarwanda muri rusange ibyerekeye ibyaha byo kwangiza ibidukikije. Kwan...









