Ubyumvise wakumva ko ari kera ariko mu mwaka wa 2026 ni vuba cyane. Muri uwo mwaka rero abahanga bavuga ko ibikoresho bya plastic ku isi hose bizaba byarikubye gatatu, ikintu giteye inkeke. Bamwe muri...
Mu buryo buca amarenga ko ari yo izaba politiki y’Amerika, Umuyobozi wa Leta ya Texas witwa August Pfluger yavuze ko Amerika ifite gahunda yo gukomeza gucukura gaze kuko yayifashije kugabanya ibyuka b...
Bikubiye mu ijambo Perezida Kagame yagejeje ku bitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku mihindagurikire y’ikirere yitwa COP 29 iri kubera i Baku muri Azerbaijan. Kagame yabwiye abandi bayobozi ko Afurika...
Amakuru Taarifa ifite aravuga ko Perezida Paul Kagame yageze mu Murwa mukuru wa Azerbaijan witwa Baku ahari kubera inama mpuzamahanga ku bidukikikije yitwa COP 29. Abantu barenga 40,000 barimo Abakuru...
Bamwe mu bamotari bakorera mu Mujyi wa Kigali babwiye Taarifa Rwanda ko bahisemo kugura moto zikoresha amashanyarazi kuko zibinjiriza kandi ntizihumanye ikirere nk’uko Guverinoma y’u Rwanda yabigize u...
Ubwo yajyaga ku butegetsi bwa mbere hagati y’umwaka wa 2017 n’uwa 2021, Donald Trump yavuze ko igihugu cye kidashobora gukorana n’amasezerano y’i Paris avuga ko ibihugu bikize bigomba kugabanya ibyuka...
Minisiteri y’Ibidukikije iherutse gutangaza ko hirya no hino mu Rwanda hagiye guterwa ibiti miliyoni 65. Ni mu gihe 30% by’ubutaka bw’u Rwanda biteye ibiti. Kubitera bizakorwa mu rwego rwo...
Abashinzwe kurinda ibidukikije hirya no hino ku isi basaba Guverinoma ya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo kuba ihagaritse ipiganwa yashyizeho ngo abashaka gucukura petelori na gazi batange am...
Mu byo Taarifa yamenye bivugwa ko biri mubyo Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya akurikiranyweho ni imicungurire mibi y’amashyamba. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 25, Nyakanga, 2024 nib...
Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya wari usanzwe ari Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo yirukanywe mu nshingano kubera ibyaha akekwaho ko yakoze ubwo yari Minisitiri w’Ibidukikije. Umuvugizi w’Urwego rw...









