Dr. Bernadette Arakwiye uyobora Minisiteri y’ibidukikije avuga ko hamwe muho u Rwanda rushora ari mu gusukura ikirere cyarwo kugira ngo abarutuye bahumeke umwuka usukuye. Yabwiye abaje kwifatanya n’am...
Mu gihe cy’iminsi 15, Ikigo cy’igihugu kibungabunga ibidukikije, REMA, kimaze gusuzuma ubuziranenge bw’ibyuka biva mu binyabiziga 1000 kandi uwo murimo urakomeje. Intego ni ugukangurira abantu g...
Ubukene buri mu ngo nyinshi z’Abanyarwanda ntibugira ingaruka ku mafunguro bafata, kubyo bambara, aho baba no mu kwivuza gusa ahubwo bugira ingaruka no ku bidukikije cyanecyane amashyamba. Barayatema ...
Ikigo cyitwa Star Wetland Center cyahembye ubuyobozi bw’ubusitani bwa Nyandungu kubera ubwiza n’akamaro bumariye ababusura n’abatuye Umujyi wa Kigali by’umwihariko. Bwahawe igihembo cy’uko...
Mu Kagari ka Mubuga, Umurenge wa Gihombo mu Karere ka Nyamasheke hatuye umusore wiyemeje kurengera ibidukikije atera ibiti 2,470 ku nkengero za kaburimbo y’umuhanda Kivu Belt. Ku myaka 25, Mushimiyima...
Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Yussuf Murangwa yasinye amasezerano yo kwakira no gukoresha Miliyoni $300 mu mishinga yo kubungabunga ibidukikije, guteza imbere ingufu zisubira, kwita ku gutwara mu...
Umugabo wahoze avura ingagi ubu akaba yariyeguriye kwita ku misambi ngo idacika wiwa Dr. Olivier Nsengimana yahembwe £100,000 ni ukuvuga Miliyoni Frw 192 ashimira uwo muhati we. Igihembo yahawe kitwa...
Mu rwego rwo kwifatanya na Leta y’u Rwanda mu kugabanya ibyuka ibinyabiziga byohereza mu kirere, mu Mujyi wa Kigali hakomeje gutangizwa uburyo bworohereza abamotari cyangwa abandi babishaka gutunga mo...
Bimwe mu bituma abantu bakunda Umujyi wa Kigali ni ibiti biwuteyemo biwuha amahumbezi. Ibyo biti ni byinshi kandi biri henshi. Icyakora bimwe birashaje ku buryo hari ibihirikwa n’inkubi bityo abaturag...
Guverinoma y’u Budage yemeye gutera u Rwanda inkunga ya Miliyoni 20.97 z’Amayero ni ukuvuga arenga Miliyari Frw 30 yo gushora mu mishinga yo gutera inkunga ibikorwa byo guhangana n’imihindagurikire y’...









