Yitwa James Kimonyo. Uyu mugabo amaze kwamamara mu Bushinwa kubera kugaragara kenshi mu biganiro avuga ku byiza by’ibikorerwa mu Rwanda. Iyo atari kuvuga ku buryohe bw’ikawa y’u Rwanda, aba avuga ku b...
Polisi y’u Rwanda, Ubugenzacyaha hamwe n’ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa beretse itangazamakuru ibicuruzwa bifite agaciro karenga Miliyoni Frw 100 byafatiwe hirya no hino mu Rwanda bi...
Umuyobozi ushinzwe ubucuruzi muri Ambasade y’Ubushinwa mu Rwanda witwa Hudson avuga ko abashoramari b’u Rwanda bataraha Ubushinwa ibyo bubakeneyeho ku kigero bwifuza kandi bwo bwiteguye kwishyura. RDB...
Ku wa Kane Taliki 15, Ukuboza, 2022 indege y’imizigo RwandAir iherutse kugura yakoreye urugendo rwayo rwa mbere ipakiye muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu. Bimwe mu byo yari ipakiye harimo n’ibiribwa nk...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurinda ibiribwa n’imiti, Rwanda Food and Drug Authority, cyatangaje ko ikiribwa cyo mu bwoko bwa Chocolate kitwa Kinder Chocolate kitemewe mu Rwanda kubera ko abagikoze b...
Ikigo cy’Igihugu cy’ubugenzacyaha rufatanyije na Polisi y’u Rwanda ndetse n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibiribwa n’imiti, berekanye ibiribwa, ibinyobwa, imiti, amavuta, urumogi n’ibindi bicuruzwa bitu...
Imibare itangazwa n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibarurishamibare, NISR, ivuga ko mu ntangiriro z’uyu mwaka(muri Mutarama, 2022) ibiciro byazamutse bikaba bigeze ku kigero cya 4.3% mu gihe umwaka ushi...
Ubwo yagiraga icyo avuga ko gikorwa cyo gushaka no gufata ibiribwa n’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yavuze ko biriya bicuruzwa bisanze hirya no hino. Ib...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rufatanyije n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibiribwa n’imiti ndetse na Polisi y’u Rwanda beretse abanyamakuru ibiribwa n’ibinyobwa n’ibindi bicuruzwa bitujuje ubuzirane...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, cyagaragaje ko muri ibi bihe ubukungu butifashe neza kubera icyorezo cya COVID-19. Bigaragazwa n’uko ibicuruzwa u Rwanda rwatumije mu mahanga muri...









