Imibare ivuguruye itangwa n’inzego z’ubuzima muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ivuga ko indwara indwara itaramenyekana iri kwica abantu umusubizo. Ubu imaze kwica abantu 130 muri Poro...
Uwo mukobwa wigagaga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye mu Kigo cya GS Indangaburezi yapfuye. Yari umwe mu banyeshuri 72 bo muri iki kigo bari baherutse kujyanwa kwa muganga bivugwa ko barwaye ib...
Hashize igihe gito umwe mu baganga b’ikigo cy’igihugu cy’ubuzimwa Dr. Edson Rwagasore atangaje ko indwara iri mu Rwanda atari COVID-19 ahubwo ari ibicurane. Icyakora niyo byaba byo, uko bigaragara ni ...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi ya Brazil yatangaje ko hadutse ibicurane by’ibiguruka ariko ko kugeza ubu biri mu nyoni z’agasozi. Ibi bicurane birandura cyane, abahanga bakaba barabihaye izina ryaHi...
Minisitiri w’Intebe wa Espagne, Pedro Sánchez, yatangaje ko mu gihe ubukana bw’ubwandu bwa COVID-19 bugenda bugabanyuka, igihe kigeze ngo uburyo bukoreshwa mu gukurikirana iki cyorezo buvugururwe, hat...
Hashize igihe gito abahanga bavuze ko hadutse ubundi bwoko bwa Omicron yihinduranyije. Abahanga babuhaye izina rya Flurona ni ukuvuga impine ihuje Coronavirus n’ibicurane( Flu). Abarwayi b’iyi ndwara ...
Nyuma y’uko hari abatuye Umujyi wa Kigali benshi batangaza ko barwaye cyangwa barwaje ibicurane ndetse bamwe bakabyandika kuri Twitter, Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima kirabagira inama yo kwisuzumisha bak...
Ni ubwa mbere mu mateka abantu banduye ibicurane by’ibiguruka. Aya makuru ateye ubwoba yatangajwe bwa mbere mu Burusiya aho abakozi barindwi bo mu kigo cyorora inkoko bapimwe basanganwa Virus yitwa H5...







