Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje Mutarama, 2023 yarangiye ibiciro by’ibicuruzwa muri rusange bizamutseho 2.1% ugereranyije n’uko umwaka wa 2022 warangiye byifashe. Kur...
Hagati y’italiki 13 n’italiki 14, Gashyantare, 2023 mu Rwanda hazateranira inama mpuzamahanga izahuza abahinzi b’ikawa baturutse hirya no hino ku isi bakigira hamwe uko kiriya gihingwa ngengabukungu c...
Ni imibare yatangajwe na Banki Nyafurika y’iterambere, AfDB. Abahanga b’iyo banki bongeraho ko iyo basuzumye basanga mu mwaka wa 2024 ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku kigero cya 8.1%. Hagati aho Min...
Inzu y’imideli yitwa Moshions yatangaje ko umuntu wese ufite umwambaro wayo amaranye imyaka itatu kuzamura yawugarura ikawumugurira ubundi ukavugururwa. Abafite iyi myenda bashaka kuyigarura bagomba k...
Bimwe mu biribwa byatangiye kugabanuka mu biciro harimo ibishyimbo byitwa Shyushya, byavuye ku Frw 1500 ku kilo bigera kuri 720Frw, ibishyimbo byitwa Mutiki biva ku Frw 1500 bigera ku mafara Frw 1200,...
Mu rwego rwo kwirinda ko ibiciro byakomeza kuzamuka bikaremerera Abanyarwanda, Urwego rw’igihugu rushinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro kurusha iyindi, RURA, rwatangaje ko Guverinoma y’...
Urwo rusyo bubikwaho ni urw’uko batabwirwa uko ibiciro b’amabuye y’agaciro byifashe ku isi kugira ngo babone uko nabo bashyiraho igiciro bifuza guhembwaho. Ibi bikubiye muri raporo Komisiyo y’igihugu ...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibarurishamibare, NISR, kigaragaza ko muri Nzeri 2022, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 17,6% ugereranyije na Nzeri 2021. Mu kwezi bwabanje , ni ukuvuga Kanama, 2022, byari ...
RURA yatangaje ko guhera ku Cyumweru Taliki 08, Ukwakira, 2022 litiro ya Lisansi izagura Frw 1,580 n’aha litiro ya Mazutu ikazagura 1,578. Litiro ya Mazutu ku ipompo yaguraga Frw 1607 n’aho iya lisans...
Mu gihe no gukoresha mubazi ari ikibazo ku bamotari benshi kubera ko ngo zibahombya, ubu bategetswe n’Urwego rw’igihugu rushinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro ko guhera Taliki 22, Kanam...









