Ubuzima bw’abatuye Imijyi y’u Rwanda muri rusange n’abo mu cyaro bukomeje kugorana. Impamvu ni nyinshi ariko ikomeye kurushaho ni izamuka ry’ibiciro ku masoko. Nk’ubu Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarur...
Nyuma y’uko Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda itangarije ingengabihe y’umwaka w’amashuri wa 2023/24, uzatangira ku wa 25 Nzeri 2023, ku biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye, hari bamwe mu babyeyi babwiye ...
Amabwiriza yaraye asohowe na Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi avuga ko Leta y’u Rwanda ishaka ko abatunganya ikawa bose bayoza k’uburyo iba nziza ku kigero kirenze 80%. Uzashaka kuyitunganya k’uburyo ...
Abahanga mu bukungu bavuga ko iyo ugereranyije uko ibiciro by’ibiribwa ku isoko byari bimeze muri Mata, 2023, n’uko byari byari bimeze muri Gicurasi uyu mwaka, ubona ko byagabanutseho 14%. Ikigo cy’ig...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) yerekana ko ibiciro ku isoko mu mijyi byiyongereyeho 17,8% muri Mata 2023, kikabibara kigereranyije n’uko byari bimeze muri uko kwezi m...
Minisiteri y’ubucuruzi yatangaje ko yaganiriye n’izindi nzego bireba bemeranya ko umusoro ku nyongeragaciro kuri kawunga no ku muceri ukurwaho. Bityo ngo n’ibiciro ku biribwa by’ibanze ni ukuvuga umuc...
Mu gihe ibiciro by’ibikomoka kuri Petelori byagabanutse, ku rundi ruhande iby’ibicuruzwa ku isoko byo bikomeje kuzamuka. Ikigo gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) kivuga ko muri Werurwe, 2023 ...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byongeye kugabanuka. Bibaye ku nshuro ya kabiri mu gihe cy’amezi abiri. Kuri uyu wa Mbere nibwo ibiciro bishya by’ibikomoka kuri p...
Umunyamakuru wo muri Zimbabwe witabiriye ikiganiro Perezida Kagame yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu taliki 01, Werurwe, 2023 yamubajije intandaro y’Inama y’Umushyikirano. Perezida Kagame ya...
Mu kiganiro Guverineri wa Banki nkuru y’u Rwanda yahaye itangazamakuru ku byerekeye ubuzima bw’ifaranga buhagaze mu ntangiriro z’umwaka wa 2023, John Rwangombwa yavuze ko imibare yerekana ko ibiciro b...









