Ibi byatangarijwe muri raporo yasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) ivuga ko ukwezi kwa Nyakanga 2024 kwarangiye bigabanutseho 5.4%. Ni imibare ibarwa ugereranyije n’uko ibyo biciro b...
Ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli byatangajwe kuri uyu wa Gatatu 07, Kanama, 2024, ariko biza gutangira gushyirwa mu bikorwa saa moya za nimugoroba (07h00) bivuga ko litiro imwe ya lisan...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu taliki 13, Werurwe, 2024, Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya ku ngendo hirya no hino mu Rwanda. Ni ibiciro bamwe bavuga ko biremereye kubera ko ...
Imvura imaze iminsi igwa mu Rwanda yatumye ibishanga uruganda rw’isukari rwa Kabuye rwahingagamo ibisheke byuzura. Ingaruka zabaye iz’uko amakamyo apakira ibisheke abura uko agera mu kazi ndetse n’aba...
Minisiteri y’ibikorwaremezo yatangaje ko mu byumweru bike biri imbere umugenzi azajya yishyura urugendo rwa bisi bitewe n’aho ageze aho kwishyura urugendo rwose rw’aho igarukira. Izi...
Iby’uko ibiciro byagabanutse ku isoko ku ijanisha rya 5% byatangajwe n’ikigo cy’igihugu gikora ibarurishamibare, NISR. Mu Ukuboza, 2023 byari byagabanutse ku gipimo cya 6.4 %. Ibicir...
Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda John Rwangombwa avuga ko niba ibitero by’aba Houthis biri kugabwa mu bwato busanzwe buca mu Nyanja itukura bizanye ibicuruzwa muri Afurika no muri Aziya bidahagaze...
Nk’uko byagaragariye buri wese, umwaka wa 2023 wabaye uw’izamuka ry’ibiciro ry’ibiribwa muri rusange. Icyakora urangiye biri kugabanuka kandi ibi niko bimeze no kubikomoka kuri petelori. Inzego nyinsh...
RURA yatangaje ko ibiciro bya Lisanse na Mazutu byagabanutse, igiciro kizakurikizwa mu mezi abiri ari imbere. Litiro ya Lisansi ntigomba kurenza Frw 1,639 n’aho Mazutu yo ntizarenza Frw 1,635. Minisi...
Imibare yatangajwe n’Ikigo k’ibarurishamibere ivuga ko muri rusange ubukungu bw’u Rwanda buzamuka kuko ugereranyije n’uko byari bihagaze mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka w’imari w’umwaka ushize, ubu b...









