Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Félix Tshisekedi avuga ko inzego zose zigomba guhaguruka zigafatanya mu gutuma inzego ziyobora Intara z’igihugu cye zikomeza kunga ubumwe. Aherutse kubwir...
Kuva kuri uyu wa 20 kugeza kuwa 22, Ugushyingo, 2024, mu Karere ka Rwamagana hateraniye inama ihuza Croix-Rouge y’u Rwanda n’ abafatanyabikorwa bayo. Yamurikiwe ikigo cyo kuzafasha urubyiruko kwihangi...
Georges- Louis Bouchez uyobora ishyaka ry’aba Liberale( Parti Libéral Belge) yabwiye abari bamuteze amatwi mu kiganiro mpaka ku bibera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ko ibibazo iki gihugu gif...
Minisiteri y’uburezi, iy’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, UNICEF n’ikigo gishinzwe kurengera abana batangije uburyo bukomatanyije bwo guhuriza hamwe amakuru ku bana bityo no kubitaho bikazakorw...
Abenshi mu basomyi ba Taarifa bazi inshuro imwe cyangwa nyinshi aho bitabiriye inama umuntu agatanga igitekerezo(cyiza) ariko kikaza kurambirana. Ibi biterwa no kwizimba mu magambo. Kwizimba mu magamb...
Perezida Paul Kagame yabwiye abanyeshuri biga mu ishuri ry’imari rya Kaminuza ya Harvard ko burya umugabo ari ukubitwa hasi n’ibibazo ariko ntiyemere kuhahera. Yari yakiriye itsinda ryabo mu Biro bye,...
Mu Karere ka Gisagara hari abagabo batangiye kugana inzu z’ubujyanama mu by’umubano n’iby’ubuzima bwo mu mutwe ngo bagirwe inama z’uko bakwitwara ku bagore babo babajujubije. Mu rwego rwo kubafasha, u...
Ubwo yaganirara n’abagize Urubuga Ngishwanama rw’Inararibonye z’u Rwanda, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi yavuze ko mu gufasha umuturage gutera imbere, Leta yashyizeho n...
Inyongezo yahawe MTN Rwandacell Plc ngo ibe yakemuye ibibazo biri mu itumanaho ryayo ikomeje gusatira umusozo, ndetse kubera birantenga, iki kigo kigeze nibura kuri 60% cyubahiriza ibyo cyategetswe n’...








