Abaganga bavuga ko cancer y’ibere ari ikibazo gikomereye Abanyarwandakazi, bagasabwa kwisuzimisha igihe cyose bumvise ko mu ibere harimo akabyimba ariko kataryana. Ako kabyimba wakwita ‘akabuye&...
Ngabo Karegeya uyobora ikigo Ibere rya Bigogwe Tourism Company Ltd (IBTC) yabwiye Taarifa ko mu mishinga iki kigo gifite harimo no kubaka ikigo ndangamurage cy’amateka y’inka mu Rwanda. Karegeya ni um...
Abantu benshi ntibazi icyo amashereka ari cyo ndetse n’akamaro kayo. Uretse kuba afasha abana gukura , umubiri wabo ukaba ufite ibiwubaka n’ibiwurinda, amashereka aha ubwonko ibyo bucyeneye kugira ng...


