Umuryango IBUKA urengera inyungu z’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi wasohoye ibaruwa ndende usaba Leta zunze ubumwe z’Amerika binyuze ku Munyamabanga wayo ushinzwe ububanyi m’amahanga...
Rayon yatanze ikirego mu Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) irega ikigo cyahawe isoko ryo gucuruza amatike ku mikino yakinwe muri Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda igishinja kwinjiza abafa...
Umushumba wa Kiliziya Gatulika Papa Francis yanditse ibaruwa mu Gisipanyolo asobanura neza icyo yashakaga kuvuga ubwo yatangazaga ko abavuga ko ubutinganyi ari icyaha gikwiye guhanwa n’inkiko( crime) ...
Umushumba wa Kiliziya gatulika Papa Francis yahishuye ko mu mwaka wa 2013 ubwo yafataga inkoni y’ubushumba bwa Kiliziya gatulika, yananditse ibaruwa ivuga ko ubuzima niburamuka bumutengushye azegura. ...
Umukinnyi wa Filimi uri mu bakomeye ku isi witwa Will Smith yaraye yeguye mu itsinda ry’abagize inama itanga ibihembo by’abakinnyi ba Filimi ryitwa Academy of Motion Picture Arts & Sciences. Yavuz...
Abayobora Umuryango uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi haba mu Rwanda no mu mahanga banditse ibaruwa ya paji ebyiri isaba ubuyobozi bwa Kaminuza ya Cambridge kutazaha urubuga Ma...
Nyuma y’uko hasohotse inyandiko irimo ibyo abanyamateka b’Abafaransa batangaje ko birimo kwemera uruhare rw’u Bufaransa mu mateka yabanjirije Jenoside yakorewe Abatutsi, Jenoside ubwayo na nyuma yayo...
Ibaruwa yanditswe n’ubuyobozi bwa RURA bukiyoborwa na Lt Col Patrick Nyirishema ifite Ref, 1200 DG/LRA/ENF/RURA/020 yo ku itariki 03, Ukuboza, 2020 isaba Airtel gukuraho itangazo ryayo ryamamaza ibyo...







