Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibarurishamibare, National Institute of Statistics of Rwanda, cyatangaje uko ikinyuranyo hagati y’ibyo u Rwanda rwohereje n’ibyo rwatumije mu mahanga gihagaze mu gihembwe c...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda kivuga ko igereranya ry’uko ibiciro ku isoko byari byifashe muri Gicurasi, 2025 ubigereranyije no muri Mata uwo mwaka, usanga byariyongereye bigera ku ki...
Umwaka wa 2024 wabereye abagabo mubi kuko wabahitanye kurusha abagore kandi abenshi bazira indwara zitandura(47.7%) mu gihe abahitanwa n’indwara zandura ari 42.9%. 9.4% rigizwe n’abicwa n’izindi mpamv...
*Nyamagabe ikennye kurusha ahandi *Kicukiro yavuye ku mwanya wa mbere mu bukire *Umunyarwanda yinjiza $1040 ku mwaka… Ubushakashatsi bwa karindwi ku Mibereho y’Ingo muri Rusange (EICV7) bwafatiye ku ...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibarurishamibare kivuga ko amafaranga abantu basuye u Rwanda mu mwaka wa 2024 baguze ibintu na serivisi ari Miliyoni $ 579.5 mu gihe mu mwaka wa 2023 yari Miliyoni $563.8. ...
Ivan Murenzi uyobora Ikigo cy’igihugu cy’ibarushamibare aherutse gutangaza ko umusaruro w’amabuye y’agaciro u Rwanda rucukura wagabanutse kubera ibihe by’imvura yo muri Mata na Gicurasi yaguye nabi. G...
Ibi byatangarijwe muri raporo yasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) ivuga ko ukwezi kwa Nyakanga 2024 kwarangiye bigabanutseho 5.4%. Ni imibare ibarwa ugereranyije n’uko ibyo biciro b...
Ubuzima bw’abatuye Imijyi y’u Rwanda muri rusange n’abo mu cyaro bukomeje kugorana. Impamvu ni nyinshi ariko ikomeye kurushaho ni izamuka ry’ibiciro ku masoko. Nk’ubu Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarur...
Abahanga mu bukungu bavuga ko iyo ugereranyije uko ibiciro by’ibiribwa ku isoko byari bimeze muri Mata, 2023, n’uko byari byari bimeze muri Gicurasi uyu mwaka, ubona ko byagabanutseho 14%. Ikigo cy’ig...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro ku isoko mu mijyi byiyongereyeho 4.3% muri Mutarama 2022, ugereranyije na Mutarama 2021. Ukuboza 2021 izamuka ryari k...








