Ikigo cya Uganda gishinzwe irangamuntu n’irangamimerere, The National Identification and Registration Authority, NIRA, cyatangaje ko guhera tariki 27, Gicurasi, 2025 buri muturage ufite imyaka y’ubuku...
Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bagize Komisiyo y’Ubutaka, Ubuhinzi, Ubworozi n’Ibidukikije ku wa Gatatu tariki ya 13 Ugushyingo 2024 batangaje ko ibarura ry’ubutaka bw’u Rwanda ryagar...
Muri Kanama, 2024 Guverinoma y’Uburundi izakora ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire. Irasaba abaturage kuzabwiza ukuri abakozi bazaza kubabarura kugira ngo igenamigambi rizaze rishingiye ku makur...
Umworozi wo mu Karere ka Gicumbi witwa Shirimpumu avuga ko yazanye mu Rwanda ingurube zifite amaraso avuguruye 100% k’uburyo imwe ishobora kubwagura ibyana 20. Ni yo ngurube ifite ubushobozi bwo kubwa...
Ikigo cya Uganda gishinzwe ibarurishamibare, Uganda Bureau of Statistics, kivuga ko mu mpeshyi ya 2024 kizakora ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire. Hagati aho muri Mata, 2024, hateganyijwe ijoro...
Imibare y’agateganyo yatangajwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 27, Gashyantare, 2023 igaragaza ko Abanyarwanda bose ari abantu 13 246 394. Ku rubuga rw’ikigo cy’igihugu cy’i...
Taarifa yamenye ko mu Nama y’Umushyikirano izaba hagati y’italiki 27 n’italiki 28, Gashyantare, 2023 ari ho hazatangarizwa raporo ya paji 130 ikubiyemo ibyavuye mu ibarura rusange ry’abatuye u Rwanda ...
Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare Youssuf Murangwa niwe wagiye kubarura mu rugo rwa Perezida Paul Kagame. Kuri uyu wa Kabiri taliki 16, Kanama, 2022 nibwo hatan...
Muri Kanama, 2022 Leta y’u Rwanda ibicishije mu Kigo cyarwo gishinze ibarurishamibare izakora ibarura rusange rya gatanu ry’abaturage n’imiturire. Ni ibarura rizakorwa mu Byumweru bibiri ritware Miliy...
Amakuru Taarifa ifite yemeza ko muri Kanama, 2021mu Rwanda hazaba ibarura rito ribanziriza ibarura nyirizina ry’abatuye u Rwanda riteganyijwe muri Kanama, 2022. Ibarura ry’abaturage riheruka ryerekany...









