Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye bwatangaje ko icyahoze ari urwobo rwa Bayanga rwasibwe, ubu rutagiteje ikibazo cy’ubuzima nka mbere. Uru rwobo ruri mu Murenge wa Ngoma, Akagari ka Kabutare. K...
Ku munsi wa Kabiri wa ririya rushanwa wabaye kuri uyu wa Mbere tariki 03, Gicurasi, 2021 abasiganwa berekeje mu Karere ka Huye, nyuma y’agace ka mbere kabaye kuri iki Cyumweru kagasorezwa i Rwamagana...
Irushanwa ry’amagare rya Tour du Rwanda ryakomeje kuri uyu wa Kabiri ryerekeza mu Karere ka Huye, nyuma y’agace ka mbere kabaye kuri iki Cyumweru kagasorezwa i Rwamagana. Abakinnyi bari mu irushanwa u...
Minisiteri ya Siporo yatangaje ko hatangiye urugendo rw’iminsi itatu rwo gutoranya abantu bazakorana n’ishuri ry’umupira w’amaguru rya Paris Saint Germain F.C yo mu Bufaransa, rizatangira gukorera mu ...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko imirenge itandatu yo mu turere twa Huye, Gisagara na Nyaruguru mu Ntara y’Amajyepfo yashyizwe muri Guma mu rugo, hagamijwe guhagarika ubwiyongere ...
Umuhanzi Enock Hagumubuzima aherutse gusohora indirimbo irimo ubutumwa bw’uko abafite ubumuga nabo ari abantu nk’abandi, ko bagomba kwitabwaho ntibateshwe agaciro. Yabwiye Taarifa ko kugira ngo amenye...
Amakuru Taarifa ifitiye gihamya avuga ko Tariki 12, Werurwe, 2021, Robert Muyenzi wari usanzwe ayobora Croix Rouge y’u Rwanda mu turere twa Huye na Gisagara yatawe muri yombi n’ubugenzacyaha. Ku...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu taliki 11, Ugushyingo, 2020 mu murenge wa Huye mu Karere ka Huye habereye impanuka y’imbangukiragutabara bivugwa ko yashakaga guca ku ikamyo ariko ikayigonga. Amazina...
Mu Ugushyingo Polisi y’u Rwanda yatashye ibigo bitatu bishya bizafasha mu gusuzuma ibinyabiziga kugira ngo bikomeze akazi kabyo bitekanye. Kuri uyu wa Gatatu Polisi y’u Rwanda yasabye ababifite gutang...








