Umukuru w’Igihugu nyuma yo gusura no kuganira n’abaturage bo mu Karere ka Ruhango, yahise ajya muri Huye. Yaganiriye n’abavuga rikijyana muri Huye baganira ku bikiri imbogamizi ku iterambere ry’abaga...
Mu Karere ka Huye ahitwa kuri ISAR Rubona,(ubu ni kuri RAB-Rubona) habereye impanuka aho ivatiri yaciye ku ikamyo itabanje kureba niba nta yindi modoka iturutse imbere, igeze hagati igongana na RITCO....
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo Madamu Ingabire Paula aherutse gutangaza ko Leta y’u Rwanda ifite gahunda y’uko mu myaka ibiri iri imbere, abaturage bose bazaba baramaze kumvishwa akamaro ko ...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente aherutse kugaruka ku kamaro k’ubufatanye bw’Abanyarwanda mu guteza imbere igihugu cyabo. Hari mu muhango wo gutaha ku mugaragaro umudugudu watujwemo imiryango 4...
Nyuma y’uko iburanishwa rya Béatrice Munyenyezi risubitswe mu ntangiriro za Mutarama kubera ko abamwunganiraga babuze kubera akandi kazi bari bafite, kuri uyu wa Kabiri, taliki 18, Mutarama, 2022 ryat...
Nyuma y’uko bantu barenga 100 bari baherutse gufatirwa mu Murenge wa Simbi mu ishyamba bari gusenga batirinze COVID-19, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 05, Mutarama, 2022 abantu 78 barimo aba...
Ku bufatanye bw’inzego z’ibanze n’abaturage, Polisi yaraye ifatiye hirya no hino abaturage barenga 6000 bishe amabwiriza yo kwirinda COVID-19. Muri bo harimo icyamamare Samusure, uwitwa Marshall Mampa...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri ya siporo Didier Maboko yavuze ko u Rwanda rwizeye ko abana batozwa na Paris Saint-Germain bazavamo abakinnyi beza u Rwanda rwitezeho kuzatuma umupira w’amaguru u...
Polisi y’u Rwanda yerekanye umugabo wo mu Mujyi wa Kigali wafashwe atwaye mu modoka umukozi wo mu rugo rwe urwaye COVID-19, arimo kugerageza kumusubiza iwabo mu karere ka Huye. Uyu mugabo yerekanywe k...
Ku Kabiri tariki ya 06 Nyakanga, 2021 abagore babiri bafite hagati y’imyaka 21 na 24 bafatiwe mu Murenge wa Huye Akarere ka Huye nyuma y’igihe bahisha inzego z’umutekano nyuma yo gusindisha umugabo ba...








