Abafana ba Rayon Sports baraye mu byishimo nyuma yo gutsindira APR FC kuri Stade mpuzamahanga ya Huye. Yayitsinze igitego 1-0, biyibera intsinzi yari ikumbuye kubera ko yabiherukaga mu myaka ine ishiz...
Abahinzi bo mu Murenge wa Simbi mu Karere ka Huye bavuga ko abayobozi babo bababujije kwenga kwenga no gutara umutobe ngo bazanywe urwagwa biyengeye. Bategekwa kujyana ibitoki ku isoko rya Cyizi bakag...
Ku muhanda wa Rwabuye- Mbazi, haraye habereye impanuka yakozwe n’ikamyo yo mu bwoko bwa Howo ihitana umwana w’umukobwa w’imyaka itatu. Uwari utwaye iriya modoka yahise atorokana nayo. Ni amakuru yemej...
Ikibuga cya Bugesera ni cyo APR F.C yemeje ko izajya yakiriraho indi mikino usibye uwo izaba yahuriyemo Rayon Sports. Icyo kibuga kiri kuri Stade ya Bugesera mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Nyamata...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi ivuga ko igiye gufatanya n’Ikigega cy’Abafaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga mu kongera ikoranabuhanga mu nzego za Leta zitandukanye. Ni umushinga uzashorwamo ...
Jean Claude Niyongabo ni Umurundi wageze mu Rwanda mu mwaka wa 2015 ahunze. Yari atuye mu Karere ka Huye mu Murenge wa Mukura aho yari yarashinze ubuzima arorora. Impanuka yamugwiririye, ihene ze 16 ...
Mu bice bitandukanye by’Akarere ka Nyanza, Huye, Rwamagana, Gatsibo n’ahandi mu Rwanda, abaturage barataka inzara batewe n’amapfa yakuruwe n’imvura yaguye nabi. Bateye imbuto bizeye ko izera ik...
Kuva Leta y’u Rwanda yatangaza ko ababyeyi b’ abana biga mu mashuri y’incuke n’abanza bazajya bishyura Frw 975 ku gihembwe kugira ngo babashe gufatira amafunguro ku ishuri, muri Huye ni hamwe mu hata...
Buri taliki 15, Ukwakira, 2022 ni umunsi isizirikana imibereho y’umugore wo cyaro. Mu cyaro hasobanurwa nk’ahantu hataragezwa ibikorwa remezo bitanga amahirwe y’ishoramari. Abahatuye ahanini baba batu...
Mu ruzinduko rw’iminsi ibiri Perezida Kagame amaze gukorera mu Ntara y’Amajyepfo abaturage bamwakiranye ubwuzu bamwereka ko bari bamukumbuye. Ni mu gihe kuko yahaherukaga ubwo yiyamamazaga mu mwaka wa...









