Amakuru mashya aturuka mu Karere ka Burera avuga ko umurambo wa Sembagare Faustin wari umaze iminsi ishakishwa kubera ko wagwiriwe n’inkangu ubwo yari aryamye mu ijoro wabonetse. Hari hashize im...
Guverinoma y’u Rwanda yanzuye ko ibyo gushakisha imibiri itandatu y’abantu baguye mu kirombe kiri mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Huye bihagarara. Hashize iminsi 16, Guverinoma ishakisha abo bantu ba...
Perezida w’Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, Hon Donatille Mukabalisa yabwiye abagiye kwibuka Abatutsi biciwe i Kinazi mu mwaka wa 1994 ko abantu bafite ababo batazi aho biciwe ngo b...
*Icyumweru kiruzuye abaguye mu mwobo wa metero 80 bataboneka… Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo CIP Emmanuel Habiyaremye avuga ko ku Cyumweru taliki 23, Mata, 2023 ubwo abari ...
Umuyobozi w’Akarere ka Huye witwa Ange Sebutege aherutse kubwira Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru ko batari bazi ko ahantu haherutse kugwa abantu batandatu hari icyobo. Muri uyu mujyo, Ikigo gishinz...
Abaturage bafite ababo bagwiriwe n’ikirombe mu Karere ka Huye babwiye itangazamakuru ko bababazwa n’uko bari kubuzwa kwegera aho bari gucukura ngo bakuremo imibiri ya bariya bantu. Barasaba Leta kubas...
Mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Huye haramukiye inkuru y’abantu batandatu baguye mu kirombe cy’amabuye y’agaciro. Batatu muri bo ni abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye bari mu kigero cy’imyak...
Mu Karere ka Gisagara haravugwa inkuru ya Gitifu witwa Tumusifu Jérôme wagonze abaturage babiri kubera ubusinzi. Uyu mugabo kandi mu mwaka wa 2020 yigeze gukubita umwana wari ufite imyaka 15 y’...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, yanzuye ko umukino wo kwishyura hagati y’Amavubi n’ikipe y’igihugu ya Benin utazabera mu Rwanda. Ivuga ko yari yarasabye FERWAFA kunoza ibya...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) yemeje ko Sitade mpuzamahanga ya Huye yujuje ibisabwa ngo yakire imikino mpuzamahanga. Iby’uko yemewe byagaragajwe ubwo hatangazwaga gahunda ...









