Umuhati wo gutunganya umuhanda Huye-Rusizi , Nyamagabe-Huye ngo imodoka zimwe na zimwe zishobore gutambuka waraye ukomwe mu nkokora n’ikamyo yahaciye inanirwa kuhava kubera gusaya. Kuri uyu wa Kabiri ...
Inzego zishinzwe ubwubatsi bw’imihanda zatangiye gusana umuhanda Huye-Rusizi waraye utenguwe n’imvura nyinshi n’amazi y’umugezi wa Mwogo uca hagati ya Huye na Nyamagabe ugakomereza mu bindi bice. Nyum...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 16, Mutarama, 2024 ingendo ziva Huye, Nyamagabe, Nyamasheke-Rusizi zahagaze bitewe n’uko uyu muhanda waraye usenyutse nk’uko inkuru yacu yaraye ibitangaje. Ama...
Ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba kuri uyu wa Mbere taliki 15, Mutarama, 2024, umuhanda uhuza Huye, Nyamagabe, Rusizi waridutse uruhande rumwe. Wapfiriye mu Mudugudu wa Kigarama, hafi ...
Umusore wo mu karere ka Huye mu Murenge wa Huye, Akagari ka Sovu akurikiranyweho kwica atemye umukecuru yasanze mu nzira akamwadukira ntacyo bapfuye. Uyu musore afite imyaka 38 y’amavuko n’aho umukecu...
Kuri wa 05, Ukuboza 2023, abanyeshuri b’abahungu bo muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye, basohowe igitaraganya mu nyubako isanzwe yigirwamo izwi nka KOICA. Kubera ko batasobanuriwe impamvu, byat...
Abajura bataramenyekana bibye ibikoresho byo muri Chapelle ya Tumba icungwa n’ababikira b’Abizeramariya. Umubikira uyobora icyo kigo, Soeur Julienne Mukarwego yabwiye itangazamakuru ko abajura batwaye...
Emmanuel Nzarubara uvugwaho ubujura bw’intsinga yaraye arashwe arapfa. Polisi ivuga ko yarashwe ubwo yashakaga gucika. Yarasiwe mu Murenge wa Ruhashya, Akagari ka Muhororo, Umudugudu w’Agasharu mu Kar...
Mu Mudugudu wa Kigarama, Akagari ka Rango B, mu Murenge wa Tumba muri Huye habereye ibyago byagizwe n’ababyeyi basize abana batatu babafungiranye mu nzu inkongi yicamo babiri, undi arembeye kwa mugang...
Major (Rtd) Paul Katabarwa n’abandi bantu bane bavugwa mu bucukuzi bw’ikirombe giherutse kugwamo abantu batandatu barimo bana bane, baraye bitabye urukiko. Katabarwa aregwa gukora ibikorwa by’ubucukuz...









