Rayon Sports yatsindiye Mukura Victory Sports i Huye igitego 1-0, intsinzi yakuyeho agahigo Mukura yari yahaye Rayon ko izayitsinda ikayiha Pasika. Mukura yavugaga ko mu bihe bitandukanye mu mateka ya...
Guhera kuri uyu wa Gatandatu taliki 02, Werurwe, 2024 i Huye mu kigo cy’amashuri cya Groupe Scolaire Officiel de Butare , Indatwa n’Inkesha, harakinirwa irushanwa ngarukamwaka ryo kwibuka Padiri Kayum...
Jhonatan Restrepo wo muri Colombia niwe watwaye agace ka Tour du Rwanda kavaga i Huye kagana i Rusizi mu Murenge wa Kamembe. Uyu mugabo asanzwe akinira ikipe yitwa Polti Kometa...
Ku munsi wayo wa Gatatu wa Tour du Rwanda ( ushyizemo n’umunsi iri siganwa ryatangiriyeho) abasiganwa barahaguruka mu Karere ka Huye bagana mu Karere ka Rusizi, mu Murenge wa Kamembe. Abasiganwa barac...
Gushakisha imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 biri gukorerwa mu Murenge wa Ngoma mu Karere ka Huye byamaze kubona imibiri 714. Ni amakuru atangazwa na Perezida wa IBUKA muri...
Mu Mudugudu wa Ngoma V, Akagari ka Ngoma, Umurenge wa Ngoma mu Karere ka Huye habonetse 182 mu masambu y’abantu babiri barimo Hishamunda Jean Baptiste indi iboneka mu isambu ya Mariya Tereza utakiriho...
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu yatangije igikorwa kibanziriza Kwibuka ku nshuro ya 30 cyo gutera ibiti miliyoni 1 cyatangirijwe mu Karere ka Huye. Kub...
Ba Perezida b’Inama Njyanama b’Uturere twa Huye, Rulindo,na Muhanga bemereye itangazamakuru ko bakiriye inyandiko z’abayobozi babandikiye basaba guhagarika akazi ‘mu gihe kitazwi.’ Hari ha...
Mu rugo rw’Umuturage wa Ngoma mu Karere ka Huye mu Ntara y’Amajyepfo habonetse imibiri 119. Ni imibiri yabonetse mu ntanzi z’urugo no mu gikoni cy’umugabo witwa Jean Baptiste Hishamunda. Amakuru...
Ikigo cy’igihugu cy’ubumenyi bw’ikirere, Meteo-Rwanda, kivuga ko imvura yari imaze iminsi igwa mu bice byinshi by’u Rwanda kandi ku gipimo cyo hejuru, iri bukomeze no mu gice cya nyuma cya Mutarama, 2...









