Ikigo cyo muri Qatar kitwa Kasada kiri hafi gutangira imirimo yo kuvugurura icyahoze ari Hotel Umubano Meridien ikagirwa imwe muri Hotel zikomeye mu Rwanda no mu Karere u Rwanda ruherereyemo. Izaba if...
Umufaransa witwa Bernard Jean Étienne Arnault niwe wasimbuye Umunyamerika Elon Musk ku mwanya w’umuntu ukize kurusha abandi batuye isi. Arnault asanganywe ibigo 70 bikora imyenda n’imibavu, birimo ik...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, ruherutse guta muri yombi uwitwa Dieudonné Ntihabose rumukurikiranyeho kwiyita ko ari umunyamakuru kandi mu by’ukuri ikinyamakuru akorera kitemewe mu Rwanda. ...
Alain Mukularinda usanganywe inshingano zo kuvugira Leta y’u Rwanda avuga ko abimukira bazava mu Bwongereza bazagera mu Rwanda mu gihe gito kiri imbere. Avuga ko kubakirana ubumuntu ari inshingano ku...
Itangazo rivuye mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahagaritse Hon Edouard Bamporiki kugira ngo akurikiranwe ku byaha runaka. Amakuru Taarifa ifite avug...
Hirya no hino ku isi usanga ingoro z’Abakuru b’ibihugu ziba ari ahantu hakomeye hahurirwa n’abantu batekerereza igihugu kandi barinzwe cyane. Muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ho si ko bimeze. B...
Polisi ya Las Vegas yataye muri yombi umuhanzi uri mu bakomeye ku isi witwa Jason Deluro nyuma y’uko icyi cyamamare giteye igipfunsi umufana wacyo wakitaga Usher. Uyu Usher nawe ni umuhanzi wakunzwe m...
Hoteli 13 na resitora 40 zimaze kujya ku rutonde rw’izigomba kwakira gusa abantu bipimishije COVID-19 bagasanga ari bazima, nk’uko bigaragazwa n’amabwiriza mashya ya Minisiteri y’Ubuzima n’Urwego rush...







