RDB yasohoye itangazo rivuga ko Hoteli yonyine mu Rwanda yubatswe mu buryo bwa Château iri i Karongi yitwa Château le Marara ya Dr. Marara ifunzwe kuko ‘ikora nta burenganzira’. Yubatse mu Kagari ka K...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere, RDB, bwatashye ibikorwaremezo bigenewe abasura Pariki ya Nyungwe ikora ku Turere dutanu rw’Amajyepfo n’Uburengerazuba. Utwo ni Nyaruguru, Nyamagabe...
Hafi y’ikiyaga cya Rwanyakizinga kiri muri Pariki y’Akagera hagiye kubakwa Hoteli ikomeye cyane aho kuyiraramo ijoro rimwe uzishyura agera ku $12,000 ni ukuvuga arenga Miliyoni Frw 17. Izubakwa n’Ikig...
Repubulika ya Demukarasi ya Congo ni igihugu gikize ku mutungo kamere ariko gikennye mu mufuka no ku mutima. Ubushakashatsi bwakozwe na UN bwiswe UN Human Development Index buvuga ko iki gihugu ari ic...
Ikigo Hyatt Hotels Corporations cyujuje i Nairobi hoteli y’inyenyeri eshanu iri mu zihambaye ziri muri Afurika y’Uburasirazuba. Bayise Hyatt Regency Nairobi Westlands ikaba yubatse mu buryo bwerekana...
Rees Kinyangi uyobora SONARWA na Aisha Uwamahoro ushinzwe ibaruramutungo muri iki kigo batawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha bakurikiranyweho kunyereza miliyoni Frw 117. Ubugenzacyaha bwabwiye ...
Al-Shabaab yagabye igitero kuri Hoteli yitwa Syl iri mu murwa mukuru wa Somalia, Mogadishu hafi y’Ibiro bya Perezida mu murwa mukuru. Ababibonye babwiye Reuters ko mu gitondo bagiye kumva bumva urusak...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) riteganya ko muri uyu mwaka wa 2024 rizakoresha ingengo y’imari ingana na Frw 9.932.725.243 . Muri iyi ngengo y’imari, Miliyari Frw 5,73 azakores...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Leta zunze ubumwe z’Amerika yaburiye abaturage b’iki gihugu kutajya muri Uganda uko biboneye kandi n’abasanzwe bahatuye bakagira amakenga. Itangazo ritanga uyu mubu...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, yanzuye ko umukino wo kwishyura hagati y’Amavubi n’ikipe y’igihugu ya Benin utazabera mu Rwanda. Ivuga ko yari yarasabye FERWAFA kunoza ibya...









