Mu masaha ya kare kare Abanyamerika baramutse bitabira gutora Umukuru w’igihugu cyabo, akaba agomba gutorwa hagati ya Kamala Harris na Donald Trump. Nubwo abaturage b’iki gihugu bagera kuri miliyoni 2...
Ubwo yatangazwaga ko ari we uzahagararira Abademukarate mu matora y’Umukuru w’igihugu benshi bamukomeye amashyi, gusa we azi neza ko muri bo harimo abahoze batamuha ayo mahirwe ndetse hakirimo n’abagi...
Barack Obama yaraye ahamagaye Kamala Harris amubwira ko we n’umuryango we biyemeje kuzamushyigikira mu kwiyamamariza kuyobora Amerika. Ni icyemezo cyari kitezwe na benshi mu bakurikirana politik...
Joe Biden wari warahakanye agatsemba ko atazareke kwiyamamariza kongera kuyobora Amerika, yavuye ku izima aharira Visi Perezida we Harris Kamala. Kamala Harris wari Visi-Perezida niwe uzahagararire is...



