Ubuyobozi bwa Israel n’ubw’Amerika buremeza ko ingabo za Israel zishe Marwan Issa zafataga nk’ubwonko bwateguye igitero Hamas yagabye kuri Israel taliki 07, Ukwakira, 2023. Issa yari uwa gatatu mu bay...
Icyitonderwa: Iyi nyandiko ni iya Aviad Mendelboim, Umujyanama wa Minisiteri y’ingabo za Israel ku bibazo bya Palestine akaba umugabo wa Ambasaderi wa Israel mu Rwanda. Umwimerere wayo uri mu Cyongere...
Umwami wa Jordanie Abdallah II utegerejwe mu Rwanda kuri iki Cyumweru, mbere yo kurira indege aza mu Rwanda yabanje kwakira Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken baganira...
Ingabo za Israel zakoresheje igisasu cya missile cyarashwe na drones zishe Saleh Al- Arouri wari umuyobozi mukuru wungirije wa Hamas. Zamutsinze mu Murwa mukuru wa Lebanon witwa Beirut. Ubuvugizi w’i...
Indege z’Uburusiya ziri kurasa ibisasu biremereye kuri Ukraine nyuma y’uko kuri uyu wa Gatandatu Ukraine nayo irashe ku mujyi w’Uburusiya uri ku mupaka uhuza ibihugu byombi wa Belgorod. Ibisasu by’Ubu...
Minisiteri y’ingabo za Israel itangaza ko kuva iki gihugu cyatangira intambara yeruye na Hamas kimaze gutakaza abasirikare 485. Aba barimo umunani baraye bapfuye bazize Hamas. Iby’urupfu rwabo byatang...
Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yavuze ko uko bizagenda kose n’icyo bizasaba cyose Israel izagitanga cyangwa ikagikora kugeza ubwo iciye intege burundu Hamas. Avuga ko icyo Israel ig...
Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yavuze ko igihugu cye kizarwana na Hamas niyo ibindi bihugu byose harimo n’Amerika bitayishyigikira. Netanyahu yavuze ko bazarwana na Hamas kugeza ku ...
Nyuma y’uko Inteko rusange ya UN yemeje ko intambara yo muri Gaza ihagarara, uhagarariye Israel muri uyu Muryango witwa Gilad Erdan yazamuye icyapa cyanditseho nomero ya telefoni y’Umuyobozi mukuru w...
Ebrahim Raisi yageze i Moscow mu Murwa mukuru w’Uburusiya agiye kuganira na Vladmir Putin ku ngingo zirimo n’iby;intambara imaze iminsi hagati ya Israel na Hamas muri Gaza. Ku byo baganira harimo n’in...









