Ubutegetsi bw’i Teheran muri Iran bwatangaje ko buzahorera Ismael Haniyeh wari umuyobozi mukuru wa Hamas waraye yishwe na Israel imurashe missile. Yamwishe aryamye aguye agacuho kuko yari yiriwe mu mu...
Ismail Haniyeh wari umuyobozi mukuru wa Hamas yaraye yiciwe muri Iran aho yari yagiye mu irahira rya Perezida mushya Iran witwa Masoud Pezeshkian. Iby’urupfu rwe byatangajwe na Hamas ubwayo ndetse n’u...
Mu gihe amaso ahanzwe ku ntambara iri muri Gaza, i Yeruzalemu bo baremeza ko hasigaye gufata icyemezo cya nyuma indi ntambara yeruye igatangira mu Majyaruguru y’iki gihugu, yo ikazaba igamije kurimbur...
Guverinoma y’u Rwanda yifatanyije na Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Einat Weiss n’abandi bakora muri Ambasade ayoboye kwizihiza imyaka 76 Israel imaze yigenga. Iki gihugu cyabonye ubwigenge mu mwaka...
Kuri X, ingabo za Israel zatangaje ko izigize Brigade ya 401 bita Givati zamaze kwinjira mu mujyi wa Rafah imbere aho ziri kurasana imbonankubone n’abarwanyi ba Hamas. Yunzemo ko iyo ntambara imaze ku...
Kutemeranya na Amerika ku gitero Israel iri gutegura ku mujyi wa Rafah byatumye bombe Washington yagombaga guha Yeruzalemu izihagarika. Nta cyo Israel irabivugaho kugeza ubu. Bombe nini zagombaga guha...
Ingabo za Israel zirashinja Hamas kungera kurasa ku butaka bwayo hagakomereka abantu 10 kandi ngo hari abakomeretse cyane. Ibyo ingabo za Israel bishobora kuza gusubiza irudubi imishyikirano y’a...
Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yavuze ko ingabo ze zizagaba igitero ahitwa Rafah kugira ngo zirimbure burundu abarwanyi ba Hamas bivugwa ko ari ho basigaye baragize ibirindiro. Avug...
Abanyeshuri bo muri Kaminuza zirimo n’izikomeye kurusha izindi muri Amerika bamaze hafi ukwezi bamagana intambara Israel yatangije muri Gaza. Imyigaragambyo yabo imaze kugera muri Kaminuza 29. Baramag...
Major General Aharon Haliva wari ushinzwe ubutasi bwa gisirikare mu ngabo za Israel yatangaje ko yeguye kubera uburangare yagize kugeza ubwo Hamas igabye igitero kuri Israel taliki 07, Ukwakira, 2023....









