Igisirikare cya Israel kivuga ko inite yacyo (unit) ya Brigade Bislamach ya 828 yamaze igihe runaka igenzura ahitwa Tal al-Sultan, agace ko muri Rafah, ku wa gatatu. Yaje kubona abarwanyi batatu maze ...
Ingabo za Israel zemeza zidashidikanya ko zishe Yahya Sinwar wayoboraga Hamas. Mu masaha ya kare byari byanuganuzwe ariko Israel ibanza gusuzuma imirambo y’abarwanyi ba Hamas bari baguye mu gite...
Amakuru agisuzumwa n’ubuyobozi bwa Israel aravuga ko Yahya Sinwar aherutse kugwa mu gitero iki gihugu giherutse kugaba muri Gaza. Ni igitero cy’indege cyagabwe kuri uyu wa Kane. Icyakora ni amakuru at...
Ingabo za Israel zatangaje ko mu masaha 24 ashize zagabye ibitero 200 by’indege mu bice bya Lebanon byiganjemo abarwanyi ba Hezbollah. Hagati aho kandi hari diviziyo enye z’ingabo z’iki gihugu ziri ku...
Hamas ikomeje kuzahazwa n’ibitero bya Israel kuko mu ijoro ryacyeye hari umuyobozi wayo muri Lebanon nawe waraye wishwe. Yishwe akurikira umuyobozi wa Hezbollah nawe wishwe mu mpera z’Icyumweru gishiz...
Urwego rwa Israel rushinzwe ubutasi bwo hanze rwitwa Mossad rurashinjwa gutega ibiturika mu bikoresho by’itumanaho bya Hezbollah bikica abantu benshi abandi bagakomereka cyane. Ibyo byuma umuntu yakw...
Ni ibivugwa n’abakurikiranira hafi ibiri kuba mu isi ya none. Babishingira ku biri kubera mu ntambara y’Uburusiya na Ukraine kuko nk’ubu Uburusiya buravugwaho guha Iran intwaro za kirimbuzi nayo ikabu...
Impaka z’iminsi ibiri zaberaga mu murwa mukuru wa Qatar witwa Doha zarangiye abayobozi ba Hamas bemeje ko Sinwar Yahya ari we ugiye kuyiyobora yose uko yakabaye. Bamwemeje nk’umuyobozi mukuru w’uyu mu...
Biden yateranije Inama y’umutekano yiga ku cyakorwa Iran iteye Israel kandi ngo ibi birashoboka mu minsi cyangwa ibyumweru bike biri imbere. Ku rundi ruhande ushinzwe ububanyi n’amahanga m...
Minisiteri y’ingabo za Amerika yatangaje ko yohereje mu Burasirazuba bwo Hagati ubwato bw’inyongera bugwaho indege z’intambara mu rwego rwo kwitegura gutabara Israel igihe yaba yinjiye mu ntambara yer...









