Minisiteri y’ingabo za Israel itangaza ko kuri uyu wa Kane hari indege 14 zageze yo zizanye intwaro zoherejwe na Amerika n’Ubudage. Kuva intambara iki gihugu kigiri kurwana na Hamas muri Gaza yatangir...
Abayahudi b’i New York baramagana ibyo Israel iri gukora muri Gaza, bakavuga ko ari akarengane gakomeye iri guteza abahatuye. Ababyamagana ni abagize itsinda mu Giheburayo bita Neturei Karta mu Kinyar...
Minisitiri w’Intebe wa Israel yaraye yanditse kuri X ko Ubwongereza budakwiye kwitiranya kwirwanaho nk’igihugu no gukorera abantu ibya mfura mbi. Minisitiri w’Intebe Sir Keir Starmer uyobora Ubwongere...
Umuvugizi wa Hamas witwa Jihad Taha avuga ko imbaraga za gisirikare uyu mutwe ufite zikwiye gutera abayobozi ba Israel kudasinzira. Ni amagambo ashobora kongerera umujinya ingabo za Israel ziri mu nta...
Minisitiri w’ingabo za Israel witwa Israel Katz avuga ko ingabo z’igihugu cye zigomba gufata mu buryo budasubirwaho ibice bya Gaza bigahinduka ibya Israel. Muri iki gihe, iki gihugu kiri mu cyiciro cy...
Ibintu bigiye gufata indi ntera nyuma y’uko ibifaro by’ingabo za Israel bisubiye muri Gaza mu rwego rwo kuhatangiza intambara yeruye igamije guha isomo Hamas nyuma yo kwanga kurekura imfun...
Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu yatangaje ko igihugu cye cyatangije intambara kandi ikomeye kuri Hamas nyuma yo kuyingingira kurekura abantu bayo yanyaze ikabyanga. Yaraye abwiye abatura...
Abahanga mu bya gisirikare ba Israel bamaze iminsi bategura umugambi unoze wo kuzahitana abantu bose bakiri abarwanashyaka ba Hamas.Ni nyuma y’uko uyu mutwe wanze kurekura abaturage ba Israel watwaye ...
Perezida wa Misiri Abdel Fattah Al Sisi yatangaje ko igihugu cye gifite gahunda yo kuvugurura Gaza, kikayubakamo umujyi ufite agaciro ka Miliyari $53, bigakorwa bitabaye ngombwa ko abanya Gaza bimurir...
Gukerereza itangira ry’icyiciro cya kabiri cyo gushyira mu bikorwa amasezerano yo guhererekanya imfungwa n’abafashwe bunyago hagati ya Israel na Hamas rishobora gutuma impande zombi zisubi...









