Mu rugo rwe ruherereye i Benghazi niho Gen Haftar yatangarije ko agiye gutangira kwiyamamariza kuyobora Libya mu matora ateganyijwe mu Ukuboza, 2021. Yavuze ko atabikoze agamije kujya ku butegetsi ubw...
Hari amakuru yari yaragizwe ibanga n’inzego z’umutekano haba muri Libya no muri Israel y’uko umuhungu wa Gen Khalifa Haftar witwa Saddam Haftar aherutse gusura Israel bakagirana ibiganiro mu muhezo. B...
Mu gihe abanyapolitiki ba Libya bari kureba uko bahuza imbraga za Politiki n’iza gisirikare kugira ngo mu Ukuboza, 2021 hazabe amatora, abakurikirana ibibera muri kiriya gihugu bavuga ko iby’ubumwe bw...


