Mu ijoro ryakeye Perezida Kagame yakuye mu nshingano Bwana François Habitegeko wari Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba na Madamu Espérance Mukamana wari ushinzwe ikigo cy’ubutaka, National Land Auth...
Mu Ntara y’Uburasirazuba niho hari ibirombe byinshi bicukurwa mu buryo budakurije amategeko kuko hari 32, mu Majyepfo hakaba 20, mu Majyaruguru hakaba 18, mu Burengerazuba hakaba 17 n’aho mu Mujyi wa ...
Ubwo hasohokaga itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Komite Nyobozi y’Akarere ka Rutsiro yegujwe, umwe mu bavukiye muri Rutsiro akaba akurikirana n’ibihabera yabwiye Taarifa k...
Mu Murenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke hari abaturage bavuga ko bagejeje ikibazo cyabo ku nzego zitandukanye bazibwira ko barenganye kuko babariwe agaciro k’imitungo ubwo bimurwaga ngo hubakwe um...
Umugore wari umaze igihe gito ashyingiwe wo mu Murenge wa Bugarama Akarere ka Rusizi yandikiye ibaruwa inzego zirimo ubuyobozi bw’Intara y’i Burengerazuba n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubug...
Kuri uyu wa Gatanu Guverineri w’Intara y’i Burengerazuba François Habitegeko yaraye ahuye na mugenzi we uyobora Intara ya Cibitoke witwa Bizoza Carême, bemeranya ko bazajya buhura mu bihe bidahindagur...
Jean de Dieu Ngabonzima usanzwe uyobora Akagari ka Kinigi ko Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu yanditse ibaruwa asaba Ubuyobozi bw’Akarere gutesha agaciro indi avuga ko yanditse mbere asaba kwe...
Nyuma y’Icyumweru kirengaho iminsi mike abacuruzi bo mu mujyi wa Rubavu bahagaritse imirimo batinya ko imitingito yabagirira nabi, mu ntangiriro z’iki Cyumweru akazi kasubukuwe. Hari hashize igihe mur...







