Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango, Habarurema Valens yahakanye gutukana no kuka inabi abo bakorana bamushinja. Hari abakozi ku rwego rw’Akarere ka Ruhango bamushinja kubatoteza no kubuka inabi bita...
Urwego rw’ubutasi bw’Uburundi bwitwa Service National de Renséignement( SNR). Ruyoborwa na Gen Ildéphonse Habarurema, uyu akaba ari umwe mu basirikare b’Uburundi bafite ibigwi mu mashuri no mu bikorwa...
Umuhanda wa Bunyogombe uturuka ahazwi i Kibingo ugaca ahitwa i Karambo ku Kagari ka Buhoro ugana ahitwa Yezu Nyirimpuhwe hari gukorwa umuhanda wa kilometero 4.5 uzafasha urujya n’uruza rw’abajya kuhak...
Ibi ni ibyemezwa n’Umuryango w’abagabo uharanira guteza imbere ihame ry’uburinganire no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina (RWAMREC). Umwe mu bayobozi bawo avuga ko bitoroshye kumenya abakorewe...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 19, Ukuboza, 2020, mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango habereye igikorwa cyo gushyingura imibiri 10 yabonetse mu bice bitandukanye bya kariya karere. Abitabiriye ki...
Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango Bwana Valens Habarurema yaraye ahakanye ibivugwa na bamwe mu bakozi bo mu biro by’Akarere bamushinja kubatoteza. Hari mu kiganiro yahaye abanyamakuru. Bamwe mu bakozi bo...





