Taarifa yabwiwe ko ubuyobozi bw’Ikigega cyo kuzahura ubukungu, Economic Recovery Fund, kirengagije nkana kwishyura amafaranga ya nkunganire Leta yemeye guha ibigo 24 bitanga serivisi zo gutwara abantu...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko imibare itangwa na Minisiteri y’imari n’ingenamigambi ndetse n’izindi nzego z’ubukungu bw’u Rwanda yerekana ko ubukungu bwarwo mu mwaka wa 2022 buzazam...
Umuryango wa Paul Rusesabagina waduye ikindi kirego kivuga ko Leta y’u Rwanda n’Umukuru warwo ndetse n’uwahoze ari Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta Ambasaderi Johnston Busingye bag...
Vladimir Putin aravugwaho kwitegura intambara yeruye irwaniye ku butaka, mu kirere no mu mazi igamije kwivuna Ukraine n’abayishyigikiye. Hari amakuru bamwe mu bahoze ari abasirikare bakomeye muri OTAN...
Abayobozi b’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’iza Congo Brazzaville baraye bahuye basinya amasezerano y’ubufatanye. Hari mu nama ya munani isanzwe ihuza impande zombi, ikaba iterana igamij...
Mu buryo buteruye Guverinoma y’u Bwongereza yatangarije Taarifa ko idashobora kwerura ngo ivuge ibikubiye mu biganiro u Bwongereza bufitanye n’u Rwanda cyangwa ikindi gihugu ku bibazo by’ubufatanye mu...
Guverinoma y’u Rwanda yasabye abatwara abagenzi mu buryo bwa rusange guhera ku modoka nini kugeza ku magare guhagarika gutwara abantu batarikingiza COVID-19, uzabirengaho akazafatirwa ibihano. Amabwi...
Guverinoma y’u Rwanda yavuguruye ingamba zo kurwanya COVID-19 mu gihugu, isubizaho ko akato ku bantu bavuye mu mahanga ari amasaha 24 muri hoteli zabigenewe aho kuba iminsi itatu. Muri izo ngamba hana...
Guverinoma y’u Rwanda “yashishikarije” abagenzi binjira mu gihugu kuba barikingije Covid-19 mbere y’urugendo, mu gihe ku bagenzi bava mu gihugu byo ari ihame ko baba barakingiwe byuz...
Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi karaterana kuri uyu wa Gatanu tariki 12, Ugushyingo, 2021 karebere hamwe ibyahinduka mu nshingano zahawe Misiyo ya UN yoherejwe kugarura amahor...









