Imwe mu ngingo Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye atinzeho mu ijambo yagejeje ku bari baje kwizihiza umunsi ngarukamwaka wahariwe abasoreshwa, ni uko Electronic Billing Machine, EBM, igom...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abanyeshuri n’abandi bakozi ba Kaminuza y’u Rwanda ko intego Leta ifite ari iy’’uko iyi Kaminuza ikomeza kubaka ubushobozi kugira ngo ibe intangaruger...
Mu Rwanda hari kubera Inama mpuzamahanga y’ibihugu bigize Umuryango wa COMESA igamije kureba uko urwego rw’ikoranabuhanga mu by’itumanaho rwakongererwa imbaraga. Intego ni ukureba uko abikorera bahabw...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye asabye Kiliziya gatulika n’andi madini muri rusange gukomeza gukorana na Guverinoma kugira ngo ikivuyemo kibe ingirakamaro ku Banyarwanda muri rusange b...
Itangazo ryaturutse mu Biro by’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda rivuga ko u Rwanda rwababajwe n’icyemezo Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yafashe cyo kwirukana uwari uruhagarariye i K...
Muri Afghanistan hari ikibazo cyo kubura abanyabwenge bakora akazi ka Leta karimo ubuyobozi bwa Politiki. Ibi bituma Abatalibani biganjemo abahoze barwanya Amerika ari bo bagakora kandi bakajyana imbu...
Amakuru mashya aravuga ko Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko igiciro gishya cya lisansi kiyongereye kiva ku Frw 1609 avuye kuri Frw 1460 kuri Litiro. Mazutu yo yavuye ku Frw 1503 igera ku Frw 1607. Ib...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente amaze gutangariza Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, imitwe yombi, ko Guverinoma yamaze guteganya Miliyari Frw 5 zo gushyira mu kigega giha abarimu inguzanyo ...
N’ubwo Kenya iri mu bihugu bitanu bya mbere bikize muri Afurika, ifitiye amahanga n’ibigo mpuzamahanga by’imari imyenda bamwe bavuga ko ishobora gutuma ubukungu bw’igihugu buzahara cyane. The Star yo ...
Ibiro By’Umukuru w’u Burundi byatangaje ko guhera kuri uyu wa Kane taliki 04, Nyakanga, 2022 kuzageza Taliki 15, Nyakanga, 2022. Akazi bazagatangira neza Taliki 18, Nyakanga, 2022. Hagati aho ariko, a...









