Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yahinduye abayigize. Minisitiri w’Intebe Sama Lukonde ashimirwa ko itsinda yashyizeho yaritoranyije neza kandi ko rizagira uruhare mu gutuma amahoro ag...
Mu Karere ka Rubavu hamaze iminsi ibiri hateraniye inama nyungurabitekerezo yahuje intumwa za Guverinoma y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo mu iterambere. Guverinoma yasabye abafatanyabikorwa bayo ku...
Abanyarwanda bakunda inturusu kuko ari igiti bakuze bazi kandi cyabagiriye akamaro kanini. N’ubwo ari uko bimeze, Minisiteri y’ibidukikije yo ivuga ko inturusu ari igiti kibi ku bindi bimera kubera ko...
Umunyamakuru wo muri Zimbabwe witabiriye ikiganiro Perezida Kagame yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu taliki 01, Werurwe, 2023 yamubajije intandaro y’Inama y’Umushyikirano. Perezida Kagame ya...
Sosiyete sivile ya DRC mu gace ka Kisangani irasaba Guverinoma ya DRC ibisobanuro by’ukuntu ingabo za Kenya zageze i Kisangani kandi mu mabwiriza azigenga ashingiye ku byemeranyijwe ‘n’abagaba b’ingab...
Abagenzacyaha bo mu Buhinde batangije iperereza ku bivugwa ko ubuyobozi bwa BBC mu Buhinde bwanyereje imisoro. Polisi yo muri iki gihugu yazindutse isaka ibiro bya BBC biri Mumbai n’i New Delhi ngo ir...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje Mutarama, 2023 yarangiye ibiciro by’ibicuruzwa muri rusange bizamutseho 2.1% ugereranyije n’uko umwaka wa 2022 warangiye byifashe. Kur...
Ishyirahamwe ry’umuryango mpuzamahanga utabara imbabare ku isi, International Federation of the Red Cross, ryemeza ko isi ititeguye ‘bihagije’ kuzahangana n’ikindi cyorezo kubera ko ku rwego rw’isi nt...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hari Miliyari Frw 7 izashora mu kubaka ibimoteri mu mijyi yunganira uwa Kigali. Ni mu rwego rwo kongera isuku no kubungabunga ibidukikije n’ubuzima bw’abatuye iyo mi...
Guverinoma y’u Rwanda yongeye gusaba iya Repubulika ya Demukarasi ya Congo gushyira mu bikorwa amasezerano yose yashyizeho umukono yaba ay’i Nairobi ndetse n’ay’i Luanda kugira ngo amahoro ahinde mu ...









