Ubuyobozi bwa Airtel Rwanda bwatangije murandasi y’igisekuru cya kane( Fourth Generation, 4G). Ni murandasi yakozwe na Airtel-Rwanda ubwayo, ikazahabwa abantu bose ku giciro bari basanzwe bagurirah...
Gen Makenga wari umaze igihe ataboneka mu ruhame yongeye kugaragara abwira Guverinoma ya DRC ko ibyo gushyirwa mu nkambi bitareba umutwe ayoboye ndetse yongeraho ko igihe cyose izashotora abarwanyi be...
Mu gihe hasigaye igihe gito ngo amatora y’Umukuru w’igihugu muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo abe, (ateganyijwe mu Ukuboza, 2023), uwahoze ayobora iki gihugu, Joseph Kabila aherutse gukoresha in...
Abahanga bavuga ko kugira ngo politiki yo gukumira no kurwanya ibiza izatange umusaruro mu buryo burambye, ari ngombwa ko Politiki yo kurengera ibidukikije ndetse n’iyo gukumira ibiza zisobanurirwa ab...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu minsi 11 ishize, Leta y’u Rwanda yahaye abagizweho ingaruka n’ibiza ibiribwa bingana na toni 426. RBA yanditse ko kugeza ubu abantu bagera ku 20,000 bavanywe m by...
Abaturage b’Afurika y’Epfo bari kwibaza icyo Guverinoma y’igihugu cyabo izungukira mu kumvana imitsi na Leta zunze ubumwe z’Amerika nyuma y’uko Ambasaderi w’iki gihugu i Pretoria witwa Reubern Brigety...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) yerekana ko ibiciro ku isoko mu mijyi byiyongereyeho 17,8% muri Mata 2023, kikabibara kigereranyije n’uko byari bimeze muri uko kwezi m...
Imibare mishya yatangajwe na Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko ibiza byibasiye ibice bitandukanye by\u Rwanda mu ijoro ryo kuwa Kabiri byahitanye abantu 130. Hari abandi batanu baburiwe irengero mu gihe ...
Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida wa Repubulika witwa Stéphanie Nyombayire yanenze The New York Times yahaye urubuga umunyamakuru Anjan Sundaram ngo ayinyuzemo igitekerezo gitoneka abarokotse Jenoside y...
Umunyarwandakazi uyobora Ikigo nyafurika gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi, Dr.Agnes Kalibata avuga ko ku isi ubushake bwa Politiki bwo guteza imbere ubuhinzi buhari, ariko ishoramari ribushyirwamo ari...









